SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Pallasso mu byishimo nyuma yo kwongera kubonana n’umugore n’abana be
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Pallasso mu byishimo nyuma yo kwongera kubonana n’umugore n’abana be
Imyidagaduro

Pallasso mu byishimo nyuma yo kwongera kubonana n’umugore n’abana be

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/26 at 10:17 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma y’iminsi mike impundu zivuze kwa Mayanja nyuma y’uko Weasel yiyunze na Teta Sandra bari bamaze igihe batandukanye, ubu utahiwe ni Pallaso wamaze kwiyunga n’umuryango we bari bamaze imyaka itandatu batabonana.

Mu gihe yavaga muri Amerika mu 2017, Pallaso yavuze ko agiye muri Uganda gushyira imbaraga mu gukora umuziki, ibintu bitaguye neza uwari umugore we Nicole Hayman.

Izi nzozi za Pallaso zatumye atandukana n’umugore we ndetse n’abana babiri bari bafitanye. Kugeza ubu uwavuga ko yageze ku cyo yashakaga ntabwo yaba abeshye kuko izina ry’uyu musore riri mu yubashywe muri Uganda.

Byari ibyishimo kuri Pallaso wari wongeye kwakira umuryango we bari bamaze imyaka itandatu badahura, yewe hari n’aho byageze biramurenga asuka amarira.

Nyuma yo kwakira umuryango we, Pallaso yahise abajyana mu rugo kuramutsa ababyeyi mbere y’uko abajyana iwe.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul April 26, 2023 April 26, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuhanzikazi Taylor Swift yahize abandi bahanzi mu kwinjiza akayabo ka miliyari mu bitaramo bya Eras Tour

December 11, 2023
Imyidagaduro

Marco Bizzarri wayoboraga inzu y’imideli ya Gucci yeguye

July 27, 2023
Imyidagaduro

Humble Jizzo yashimangiye ko nubwo bakoze indirimbo ishyamba kubera Muyoboke Alex ari inshuti yabo cyane

January 30, 2023
Imyidagaduro

Igitaramo cya Jose Chameleon i kigali cyasubitswe

December 19, 2024
Imyidagaduro

Urubanza rwa Bishop gafaranga rwaburanishirijwe mu muhezo

May 22, 2025
Imyidagaduro

Tity Brown yasabiwe gufungwa imyaka 25 mu rubanza rwaranzwe n’Impaka ndende

July 20, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?