SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Turukiya yibasiwe n’ubushyuhe bukabije
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Turukiya yibasiwe n’ubushyuhe bukabije
Andi makuru

Turukiya yibasiwe n’ubushyuhe bukabije

Wakibi Geoffrey
Wakibi Geoffrey
Published: July 10, 2025
Share
SHARE

Ubushyuhe bukabije bwibasiye  Istanbul n’ibindi bice by’u Burayi: ubushakashatsi bushinja abantu urupfu rw’abantu barenga 1,500

Kuri  uyu wa  Gatatu i Istanbul, abaturage benshi bahungiye ku mazi y’umuyoboro wa Bosphore  inyanja icamo uyu mujyi hagati y’umugabane wa Aziya n’uwa Burayi bashaka ubukonje bwo kwirinda ubushyuhe bukabije.

Abahanga mu by’ikirere batangaje ko ubushyuhe bwari bwazamutse cyane bugera kuri dogere selisiyusi 36. Mu duce tumwe two muri uyu mujyi dukunze kuba dutuwe cyane, ubushyuhe bwarushijeho kwiyongera bugera no kuri 45°C, ni ukuvuga dogere 4 cyangwa 5 hejuru y’ibisanzwe muri iki gihe cy’isi hose. Ibi biracyitezweho gukomeza iminsi mike iri imbere.

Mu itangazo riherutse, Umuryango w’Abibumbye (ONU) watangaje ko isi igomba kwitegura kubana n’ubushyuhe bwo ku rwego rwo hejuru nk’igice gisanzwe cy’ubuzima.

Ubushakashatsi bwihuse kandi budasanzwe bwakozwe n’inzobere z’Abongereza, bwerekanye ko impinduka z’ibihe ziterwa n’ibikorwa bya muntu ari zo zateye urupfu rw’abantu bagera ku 1,500 mu cyumweru gishize ubwo u Burayi bwibasirwaga n’inkubi y’ubushyuhe.

Nk’uko Dr. Friederike Otto, umwe mu banditse ubu bushakashatsi akaba n’impuguke mu mihindagurikire y’ikirere muri Imperial College London abivuga, “Aba bantu 1,500 bapfuye kubera gusa impinduka z’ikirere; iyo tutaza gutwika peteroli, amakara n’ibikomoka kuri gaze mu kinyejana gishize, baba bakiriho.”

Abashakashatsi bo muri Imperial College London na London School of Hygiene and Tropical Medicine bakoze isesengura rikoresheje uburyo bwemewe n’abahanga bagenzi babo, basanga abantu bagera ku 2,300 mu mijyi 12 bishwe n’ubushyuhe mu cyumweru gishize, aho hafi 2/3 bapfuye kubera ubushyuhe bwiyongereye buturutse ku mihindagurikire y’ikirere.

Ubusanzwe, ubushakashatsi bwerekanaga gusa uruhare rw’imihindagurikire y’ikirere mu bikorwa nk’ubushyuhe, imyuzure cyangwa amapfa. Ariko ubu bushya bugaragaza bwa mbere isano igaragara hagati y’urupfu n’ikoreshwa ry’amakara, peteroli na gaze.

Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka 5
Ingabo za SADC ziyemeje kurandura umutwe wa M23
Zimbabwe: Abayobozi 35 batavuga rumwe n’ubutegetsi barimo Jameson Timba barekuwe
Aime Uwimana na Prosper Nkomezi batumiwe mu gitaramo cya Cross Over 2024 cyateguwe na Zion Temple
Ku nshuro ya 2 hagiye gutangwa ibihembo bya Video Vixen Awards 2025
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

What Are The Minimum Deposit Requirements For Virtual Casinos In Ireland

May 26, 2020

Winning On Pokies

February 25, 2025

La Valette Casino Bonus Codes 2025

February 25, 2025

More Chilli Slot Machine

February 25, 2025

Mrq Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Microgaming Slots Demo

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?