SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Asa Asika yahishuye ko ubufatanye bwa Davido na Wizkid bwari gutuma Afrobeat igera kure
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Asa Asika yahishuye ko ubufatanye bwa Davido na Wizkid bwari gutuma Afrobeat igera kure
Imyidagaduro

Asa Asika yahishuye ko ubufatanye bwa Davido na Wizkid bwari gutuma Afrobeat igera kure

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: July 9, 2025
Share
SHARE

Asa Asika, usanzwe ari umujyanama wa Davido, yatangaje ko umuziki wa Afrobeats ushobora kuba warateye imbere kurushaho iyo Davido akorana indirimbo na Wizkid n’abandi bahanzi bakomeye.

Yabivuze ubwo yari mu kiganiro cya Afropolitan Podcast, aho baganiraga ku buryo Afrobeats imaze kugera ku rwego mpuzamahanga.

Asika yavuze ko intandaro y’intsinzi ya muzika ya Amerika y’Epfo (Latin Music) ari ubufatanye bukomeye hagati y’abahanzi bayo, barimo nka J Balvin, Nicky Jam, Bad Bunny, n’abandi benshi.

“Iyo abahanzi bacu nka Davido na Wizkid baba barakoranye hakiri kare, Afrobeats yari kurenga kure aho iri ubu,” Asika yasobanuye.

Mu gihe yasabaga abahanzi ba Afrobeats gushyira imbere gukorana, Asa Asika yavuze ko guhuza imbaraga byari kongera imbaraga z’uyu muziki ku rwego mpuzamahanga.

Yagize ati:

“Afrobeats yari kuba nini kurushaho iyo Davido, Wizkid n’abandi bahanzi bari barakoranye indirimbo. Nubwo nshobora kuba nibeshya, hari amahirwe menshi ko iyo bafatanya, Afrobeats yari kugera kure cyane. Ndetse n’agaciro k’itike z’ibitaramo mpuzamahanga kari kuba hejuru kurushaho.”

Ibirori by’isabukuru ya Michael Tesfay umukunzi wa Miss Naomie byitabiriwe n’abavandimwe be
Nel Ngabo yahishuye byinshi ku mushinga w’alubumu yahuriyemo na Platini
Rema yanyomoje amakuru avuga ko asenga Satani
Ish Kevin na Bushali Bagiye gukorera igitaramo I Burundi
RDB yashyize igorora abakunzi ba Manyinya kubera iminsi mikuru
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ayra starr yishimiye kuzahurira ku rubyiniro na Chris Brown

March 21, 2024

How Can I Play Real Money Online Casino

May 28, 2024

Otsobet Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

What Are The Best Online Blackjack Sites In Cork Ireland For 2023

May 28, 2024

Easiest Slot Machine To Win

February 25, 2025

Betano Aviator Casino Login App Sign Up

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?