SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Asa Asika yahishuye ko ubufatanye bwa Davido na Wizkid bwari gutuma Afrobeat igera kure
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Asa Asika yahishuye ko ubufatanye bwa Davido na Wizkid bwari gutuma Afrobeat igera kure
Imyidagaduro

Asa Asika yahishuye ko ubufatanye bwa Davido na Wizkid bwari gutuma Afrobeat igera kure

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: July 9, 2025
Share
SHARE

Asa Asika, usanzwe ari umujyanama wa Davido, yatangaje ko umuziki wa Afrobeats ushobora kuba warateye imbere kurushaho iyo Davido akorana indirimbo na Wizkid n’abandi bahanzi bakomeye.

Yabivuze ubwo yari mu kiganiro cya Afropolitan Podcast, aho baganiraga ku buryo Afrobeats imaze kugera ku rwego mpuzamahanga.

Asika yavuze ko intandaro y’intsinzi ya muzika ya Amerika y’Epfo (Latin Music) ari ubufatanye bukomeye hagati y’abahanzi bayo, barimo nka J Balvin, Nicky Jam, Bad Bunny, n’abandi benshi.

“Iyo abahanzi bacu nka Davido na Wizkid baba barakoranye hakiri kare, Afrobeats yari kurenga kure aho iri ubu,” Asika yasobanuye.

Mu gihe yasabaga abahanzi ba Afrobeats gushyira imbere gukorana, Asa Asika yavuze ko guhuza imbaraga byari kongera imbaraga z’uyu muziki ku rwego mpuzamahanga.

Yagize ati:

“Afrobeats yari kuba nini kurushaho iyo Davido, Wizkid n’abandi bahanzi bari barakoranye indirimbo. Nubwo nshobora kuba nibeshya, hari amahirwe menshi ko iyo bafatanya, Afrobeats yari kugera kure cyane. Ndetse n’agaciro k’itike z’ibitaramo mpuzamahanga kari kuba hejuru kurushaho.”

Rema yongewe mu bahanzi bazitabira Trace Awards I Kigali
#Kwibuka31 : Minisitiri Utumatwishima yifatanyje n’urubyiruko rwo mu mujyi wa Kigali mu igikorwa cyo kwibuka cya’Our Past’
Umuryango wa John Legend uri mu gahinda ko gupfusha imbwa yabo
Jack Ross wakoranye na Producer Junior yashenguwe n’urupfu rwe
Iserukiramuco rya Caravane du Rire ryitabiriwe n’abayobozi ndetse n’abanyamahanga bataha bifashe imbavu (Amafoto)
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ikibu Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Bet Fury Casino

February 25, 2025

Poker Sites For Money

May 28, 2024

Baccarat Online Casinos

February 25, 2025

Lightning Link Casino Slots Tips And Tricks

February 25, 2025

Jokaroom Vip Online

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?