SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Nicki Minaj arashinja  Jay-Z ideni rya miliyoni 200 z’amadolari
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Nicki Minaj arashinja  Jay-Z ideni rya miliyoni 200 z’amadolari
Imyidagaduro

Nicki Minaj arashinja  Jay-Z ideni rya miliyoni 200 z’amadolari

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: July 9, 2025
Share
SHARE

Umuraperikazi w’icyamamare Nicki Minaj yashinje mugenzi we ndetse n’umuyobozi ukomeye mu muziki w’umuherwe, Jay-Z, ko amufitiye ideni ry’akayabo.

Umunyamakuru wa ‘Anaconda’ yavuze ko Jay-Z, uyobora Roc Nation, amurimo hafi miliyoni 200 z’amadolari ya Amerika.

Minaj yasabye Jay-Z kugirana na we ikiganiro kugira ngo bishyure icyo yise “ideni rya karma” (ry’amateka n’ingaruka), avuga ko kutaryishyura bizatuma rigira inyungu ikomeza kwiyongera.

Ku rubuga rwe rwa X (Twitter) ku wa Kabiri, Nicki Minaj yanditse ati:

“Twamaze kubara hagati ya miliyoni 100 na 200 z’amadolari. #JayZ mpamagara tujye kurangiza iri deni rya karma. Inyungu iragenda yiyongera. Uri mu bantu 5 ba mbere nkunda cyane. Reka tubikemure nigga.”

Nicki Minaj akomeje gushinja Jay-Z, amuvuga ho ko yamwibye amafaranga yari agenewe nyuma yo kugurisha Tidal mu 2021.

Minaj avuga ko Jay-Z yamuciye mu maso mu masezerano yerekeye imigabane ya Tidal, aho yagombaga kubona inyungu nk’umwe mu bahanzi bari bafatanyije isosiyete.

Kugeza ubu, Jay-Z nta gisubizo aratanga ku birego bishya bya Nicki Minaj.

Dr Murangira B Thierry yakebuye urubyiruko arusaba kwirinda gukora ibyaha ruziko ari imikino
Sir Michael Gambon wamenyekanye muri filime ya Harry Potter yitabye Imana ku myaka 82
Miss Iradukunda Elsa yagaragaye mu bitabiriye urubanza rw’umugabo Prince Kid
Itsinda ‘Tag Team’ ritegerejwe muri ‘Kigali Auto Show’ ryageze i Kigali
Burna Boy yabaye umuhanzi wa mbere muri Afurika uzaririmba muri Grammy Awards 2024
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Are Online Spins Licensed In Ireland 2023

May 28, 2024

Dublin Slots App Rewards

May 28, 2024

Gold Express Demo

February 25, 2025

Ace Pokies Casino Codes

May 28, 2024

Whitebet Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024

Tax Free Pokies No Deposit Welcome Bonus

September 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?