SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ibyo twagezeho mu myaka 31 birashimishije : Perezida Kagame
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Ibyo twagezeho mu myaka 31 birashimishije : Perezida Kagame
Andi makuru

Ibyo twagezeho mu myaka 31 birashimishije : Perezida Kagame

Ahupa Radio
Ahupa Radio
Published: July 4, 2025
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko imyaka 31 u Rwanda rumaze rwibohoye ari urugendo rutoroshye, gusa ko bishimishije bijyanye n’ibyagezweho.

Yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Nyakanga, umunsi n’ubundi u Rwanda rwizihijeho imyaka 31 rumaze rwibohoye ubutegetsi bubi bwarangwaga n’ivangura rishingiye ku moko ryanagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

‎Perezida Kagame yavuze ko iyi myaka 31 yabaye urugendo rutoroshye gusa rushimishije. ‎Ati: “Rwabaye urugendo rutoroshye ariko rushimishije bishingiye ku kuba iki ari cyo kintu cyiza umuntu yakora imyaka myinshi kugira ngo agire uruhare mu gushyira ibintu ku murongo. Haba ku gihugu cyacu, ku baturage bacu natwe ku giti cyacu ”

‎‎Yavuze ko imyaka 31 atari igihe kinini ariko ugereranyije muri iyo myaka umuntu ashobora kubona ko byabaye mu myaka 100. ‎ ‎Ati: “Imyaka 31 ntabwo ari igihe kinini cyane ariko ukurikije ibyabaye muri iyo myaka mirongo 31 , umuntu ashobora guhitamo kubibona ukundi akaba yabona ko ari ibintu byabaye mu myaka 100. Ariko mu rundi ruhande ushobora gushyira mu gaciro ukabibona. Mu by’ukuri imyaka 31 ntabwo ari myinshi.”

‎Perezida Kagame yavuze ko urebye ku Isi hari ababayeho mu buzima buri munsi y’ubw’u Rwanda. Ati: “Urebye Isi tubayemo, ngira ngo hari bantu bamwe babayeho mu bihe bibi biruta ibyacu, cyangwa bakaba banabimazemo iyo myaka iruta iyo twabibayemo. Ariko uko byagenda kose, mpangayikishijwe cyane n’ibibazo byanjye, kuko niyo mpamvu ntanga umusanzu. Ku isi yose, ibyo bibazo birenze ubushobozi bwacu, bamwe muri twe.”

Benjamin Netanyahu yitabye rukiko rwa Tel Aviv
Umunya-Morocco, Abderrahim Taleb yerekanwe nk’umutoza mushya wa APR FC
M23 yongeye gufata umujyi wa Masisi
Ubuyobozi bwa RDF bwanyomoje amakuru y’itangazo rikomeje guca ku mbuga  nkoranyambaga
Rubavu :Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yitabiriye umuhango wo gushyingura 13 bahitanywe n’ibiza
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Niyo Bosco yavuye muri KIKAC Music nyuma y’amezi 6 ayisinyemo

January 9, 2025

Jbo Casino Review And Free Chips Bonus

February 25, 2025

What Fruit Spins Are Called In Ireland 2023

May 28, 2024

What Are The Best No Deposit Real Money Casinos In Ireland

April 16, 2017
Imyidagaduro

Patrick Salvado na Dr Hillary Okello basabye abakunzi ba Gen-Z comedy kwitegura gutaha imbavu zibarya

March 20, 2024

Casino Classic Download

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?