SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umunyamakuru Paul Rutikanga yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umunyamakuru Paul Rutikanga yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we
Imyidagaduro

Umunyamakuru Paul Rutikanga yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we

Ahupa Radio
Ahupa Radio
Published: June 27, 2025
Share
SHARE

Umunyamakuru Paul Rutikanga n’umukunzi we Uwera Caroline basezeranye imbere y’amategeko.

Ni umuhango wabaye ku wa tariki 26 Kamena 2025,  ku Biro by’Umurenge wa Remera mu Karere ka Gasabo.

Nyuma y’iyo mihango abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Paul Rutikanga yasangije abamukurikira ibyishimo n’umunezero yatewe no kuba ateye intambwe yo yo guhamya urukundo akunda umukunzi we imbere y’amategeko.

Yagize ati: “Ntitwasinye mu mpapuro gusa, twahisemo ubuzima bwuje urukundo, ubuntu n’iterambere rizaduherekeza iteka. Twari turi kumwe n’imiryango yacu. Dusengerwa n’abadukunda. Dufite intego iduha imbaraga. Ubudaheranwa bwacu bwatangiye none.”

Aba bombi bashimangiye umubano wabo mu mategeko y’u Rwanda nyuma y’uko muri Gicurasi, Rutikanga yari yambitse impeta y’urukundo Uwera amusaba kumubera Umugore.

Biteganyijwe ko indi mihango y’ubukwe izaba tariki 29 Kanama 2025.

Paul Rutikanga ni umunyamakuru wakoze ahantu hatandukanye akaba yaramenyekanye cyane mu makuru kuri Televiziyo y’u Rwanda. 

Kuri ubu ni Umuyobozi ushinzwe Imikoranire n’Abafatanyabikorwa mu Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA).

Tiwa Savage ntari gucana uwaka na Davido
Imyaka 3 irashize Yvan Buravan yitabye Imana
Turahirwa Moses yasabye imbabazi abanyarwanda nyuma yo guhyira hanze amashusho asambana nabo bahuje Ibitsina
Umunyamakuru Mutesi Scovia n’umunyarwenya Kigingi bishimiwe cyane mu gitaramo cya Gen Z Comedy Show
Chriss Eazy yashyize hanze indirimbo Edeni ica agahigo ko kurebwa cyane mu masaha make
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Munezero Maurice wifuza kuzakorana indirimbo na Bruce Melodie yatuye umukunzi we indirimbo yise Mbaye uwawe

April 30, 2024

Casino Sofia Bonus Codes 2024

May 28, 2024

What Is The Best Signup Bonus For Online Casino Pokies In Australia

September 5, 2023

Q88bets Casino Review And Free Chips Bonus

February 25, 2025

Atlantis Slots Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Benefits Of Playing With Live Dealers At Online Casinos Ireland

August 15, 2017

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?