SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko
Imyidagaduro

Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko

Ahupa Radio
Ahupa Radio Published June 11, 2025
Share
SHARE

 Abanyamategeko ba P. Diddy bongeye gusaba inteko ibumuburanisha gutesha agaciro ikirego cye kubera amakosa akomeye yakozwe n’ubushinjacyaha n’abatangabuhamya; ariko urukiko rubitera utwatsi ruvuga ko urubanza rugomba gukomeza.

Usa Today yatangaje ko ku wa 10 Kamena 2025, umucamanza yavuze ko impamvu z’ubwunganizi bwa Diddy, zisaba kutaburanishwa nta shingiro zifite.

Umucamanza yongeyeho ko ibyo ubwunganizi bwerekanye ari bimwe mu bigize uburyo amategeko akora mu gihe impande zombi zivuguruzanya mu rukiko buri wese yerekana ishingiro ry’ibyo avuga, atari impamvu yo guhagarika urubanza.

Tariki 7 Kamena 2025 ni bwo abanyamategeko ba Diddy bari basabye urukiko gutesha agaciro ikirego cye.

Icyo bavugaga ko hari amakosa akomeye yakozwe n’abatangabuhamya.

Ubuhamya bwatumye aba banyamategeko basaba gutesha agaciro ikirego ni ubwatanzwe na Bryana Bongolan, inshuti y’akadasohoka ya Cassie Ventura wahoze ari umukunzi wa Diddy.

Bryana Bongolan yavuze ko ku itariki ya 26 Nzeri, 2016, Diddy yamunize ubwo bari ku ibaraza ry’inyubako ifite amagorofa 17 yose, amukangisha kumutura hasi.

Abunganizi ba Diddy basobanuye ko hagati ya tariki 24 na 29 Nzeri 2016, uyu mugabo atari aho bivugwa ko yanigiye Bongolan, ahubwo yari mu mujyi wa New York, ndetse berekanye ibihamya bya fagitire yishyuriyeho ibyumba bya hoteli yarayemo icyo gihe.

Byari ku nshuro ya kabiri Diddy asabye ko ikirego cye giteshwa agaciro ariko abacamanza bakamubera ibamba.

 

 

You Might Also Like

Fatakumavuta yakatiwe imyaka ibiri n’igice ababarirwa ibyo yarezwe na The Ben

Kety Blaisia wakuze yoza mu mutwe abandi yafunguye iye Salon de Coiffure

Nadia wo muri filime umuturanyi yahishuye ko akazi kubu Vixen atagakora nk’umwuga

Chris Eazzy ari mu gahinda gakomeye ko kubura mama we witabye Imana

Dr Murangira B Thierry yakebuye urubyiruko arusaba kwirinda gukora ibyaha ruziko ari imikino

Ahupa Radio June 11, 2025 June 11, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Zari yunamiye uwari umugabo we Ivan Ssemwanga

December 14, 2023
Andi makuru

Polisi y’u Rwanda n’Ingabo z’igihugu batangije ibikorwa bigamije guteza imbere abaturage

March 18, 2025
Imyidagaduro

Drake yavugishije abantu amangambure nyuma yo kugaragara akinisha igikinisho gifite ishusho y’igitsina

February 8, 2024
Imyidagaduro

Israel Mbonyi yatumiwe mu gitaramo cyiswe “Shalom Gospel Festival” 

August 24, 2023
Andi makuru

Ibyaha General Bunyoni afungiwe byamenyekanye

May 9, 2023
Andi makuru

GASABO: Polisi yataye muri yombi 2 bibaga abaturage bakoresheje ibikangisho

December 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?