SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Judith Niyonizera mu byishimo nyuma yo gusezerana n’umugabo we King (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Judith Niyonizera mu byishimo nyuma yo gusezerana n’umugabo we King (Amafoto)
Imyidagaduro

Judith Niyonizera mu byishimo nyuma yo gusezerana n’umugabo we King (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 15, 2025
Share
SHARE

 Niyonizera  Judith wamenyekanye cyane ubwo yari mu rukundo n’uwahoze ari umugabo  Niyibikora  Safi mu mwaka wa 2017 kugeza  mu mwaka wa 2021  ubwo aba bombi batangazaga ko batakibana   kuri ubu ari  mu byishimo byinshi  nyuma yo gushyingirana n’mugabo we King Dust bamaze igihe mu rukundo rwagarariraga buri wese .

Uyu  mugore wibarutse imfura ya King Dust mu mwaka wa 2023 abinyujije  ku mbuga ze nkoranyambaga yagaragaje ibyishimo byinshi cyane nyuma yo gusezerana  n’umugabo we  bamaze igihe mu rukundo rw’akadasohoka  agaragaza ko Imana ishobora byose kandi igihe cyose iba ihishiye umwana w’umuntu ibyiza.

Mu butumwa yasangije abamukurikira  ku  mbuga ze nkoranyambaga yanditse  ati “Iyo  igutindije  iragutegera  benshi mu banyanrwanda  bazi igisobanuro cy’uwo  mugani icyo  gishatse kuvuga kuri we  rero yashatse kwerekana ko  nyuma yígihe kirere  icyo yari atgereje cyagezweho ubu aka ari umugabo n’umugore byemewe n’amategeko.

Judith Niyonizera yamenyekanye cyane mu myidagaduro y’u Rwanda ubwo yari mu munyenga w’urukundo na Safi Madiba wabarizwaga mu itsinda rya Urban Boys nyuma bakora ubukwe mu 2017.

Umubano wabo wajemo agatotsi iby’urukundo rwabo birayoyoka, buri wese afata inzira ye gusa amategeko ashyiraho akadomo mu 2023, ubwo bahabwaga gatanya.

 

Umujyi wa Kigali watangaje ahazaturikirizwa ibishashi byo kwishimira umwaka mushya
Keza Terisky yanyomoje amakuru yavuzwe na The Trainer
Bob Pro yashyize hanze urutonde rw’abahanzi nyarwanda barenga 24 yahurije kuri Alubumu ye yise” Ni Neza”
Ibihembo bya Isango na Muzika Awards bigiye gutangwa ku nshuro yabyo ya 5
Producer Prince Kiiz yiyomoye kuri Country Records ajya gushinga iye studio
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ireland Crypto Casino News

August 13, 2018

Northern Quest Resort Casino

February 25, 2025

Uptown Casino Codes

May 28, 2024

Vinneri Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Online Pokies Zippay

September 5, 2023

Partouche Casino Review And Free Chips Bonus

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?