SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Judith Niyonizera mu byishimo nyuma yo gusezerana n’umugabo we King (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Judith Niyonizera mu byishimo nyuma yo gusezerana n’umugabo we King (Amafoto)
Imyidagaduro

Judith Niyonizera mu byishimo nyuma yo gusezerana n’umugabo we King (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/05/15 at 11:35 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

 Niyonizera  Judith wamenyekanye cyane ubwo yari mu rukundo n’uwahoze ari umugabo  Niyibikora  Safi mu mwaka wa 2017 kugeza  mu mwaka wa 2021  ubwo aba bombi batangazaga ko batakibana   kuri ubu ari  mu byishimo byinshi  nyuma yo gushyingirana n’mugabo we King Dust bamaze igihe mu rukundo rwagarariraga buri wese .

Uyu  mugore wibarutse imfura ya King Dust mu mwaka wa 2023 abinyujije  ku mbuga ze nkoranyambaga yagaragaje ibyishimo byinshi cyane nyuma yo gusezerana  n’umugabo we  bamaze igihe mu rukundo rw’akadasohoka  agaragaza ko Imana ishobora byose kandi igihe cyose iba ihishiye umwana w’umuntu ibyiza.

Mu butumwa yasangije abamukurikira  ku  mbuga ze nkoranyambaga yanditse  ati “Iyo  igutindije  iragutegera  benshi mu banyanrwanda  bazi igisobanuro cy’uwo  mugani icyo  gishatse kuvuga kuri we  rero yashatse kwerekana ko  nyuma yígihe kirere  icyo yari atgereje cyagezweho ubu aka ari umugabo n’umugore byemewe n’amategeko.

Judith Niyonizera yamenyekanye cyane mu myidagaduro y’u Rwanda ubwo yari mu munyenga w’urukundo na Safi Madiba wabarizwaga mu itsinda rya Urban Boys nyuma bakora ubukwe mu 2017.

Umubano wabo wajemo agatotsi iby’urukundo rwabo birayoyoka, buri wese afata inzira ye gusa amategeko ashyiraho akadomo mu 2023, ubwo bahabwaga gatanya.

 

You Might Also Like

Fatakumavuta yongeye guhakana ibyaha aregwa ibyaha aregwa

King Promise wo muri Ghana yiyemeje kuzasusurutsa bihagije abazitabira imikino ya BAL

Menya byinshi ku nyubako ya Zaria Court yuzuye itwae arenga Miliyoni 25 z’amadorali

Bwiza yashimiye abahanzi barimo The Ben na Bruce Melodie bemeye gukorana nawe kuri Album 25 Shades

Juno yateguye igitaramo cyo kwishimira ibyo amaze kugeraho mu myaka itanu mu muziki we

Nsanzabera Jean Paul May 15, 2025 May 15, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

#Kwibuka31: Kuwa 6 Mata 1994 indege yari itwaye Perezida yararashwe biba imbarutso ya Jenoside yakorewe Abatutsi

April 6, 2025
Imikino

Amatariki ikipe ya Cristiano Ronaldo izesuriraniraho n’iya Leo Messi yamaze gutangazwa!

December 13, 2023
Imyidagaduro

Rusine Patrick yambitse Impeta Umukunzi We Iryn

August 12, 2024
Imyidagaduro

Bruce Melodie yasubiye muri Amerika mu bitaramo azahuriramo na Shaggy

December 11, 2023
Imyidagaduro

Burna Boy yashimangiye ko adacibwa intege n’abamwita umwana mu muziki

July 20, 2023
Imyidagaduro

The Ben yaguriye imodoka y’agaciro umukunzi we Pamella

March 29, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?