SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: #Kwibuka31: Miss Confidence yasabye abanyarwanda guharanira gushyira hamwe no kubungabunga ibyo twagezeho
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > #Kwibuka31: Miss Confidence yasabye abanyarwanda guharanira gushyira hamwe no kubungabunga ibyo twagezeho
Imyidagaduro

#Kwibuka31: Miss Confidence yasabye abanyarwanda guharanira gushyira hamwe no kubungabunga ibyo twagezeho

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/04/10 at 4:49 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ingabire Sandrine wamenyekanye nka  Miss Confidence mu muziki wo mu Rwanda mu myaka  yashize   ariko kuri ubu usigaye wikorera ubushabitsi butandukanye  muri Iyi minsi , Muri iki gihe abanyarwanda ndetse  n’isi yose  bibuka  jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 31 yasabye abanyarwanda guharanira  gushyira hamwe no  Kubungabunga  ibyo  bagezeho  muri iyo myaka ishize .

Mu kigani n’Umunyamakuru  wa AHUPA RADIO  Miss  Confidence  yamutangarije ko muri iki gihe  abanyarwanda bari mu bihe bitoroshye nawe yagira ubutumwa  bwihumure agenera abanyarwanda n’abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994.

Yagize  ati “ Ndasaba abanyarwanda bose  gukomeza kwihangana  muri ibi bihe bikomeye ko nubwo  Imitima ya benshi  itonekera muri ibi bihe  bigoranye twibuka abacu bakomera kandi bagashyira hamwe mu rukundo kandi  barahanira  kubungabunga neza ibyo  bamaze  kugeraho muri  iyi myaka 31 ishize birinda  buri muntu  wese ufite  ingengabitekerezo  ya Jenoside nigisa nayo .

Miss  Confidence  yasabye urubyiruko  ko rutagomba  kureberera  abantu  muri iyi minsi  bajya  ku mbuga nkoranyambaga  bagasakaza  Ingengabitekerezo ya Jenoside  yakorewe abatutsi  nabo  babima umwanya wo kugira  ngo badakomeza kupfobya kandi  igihe tugezemo aricyo  gukomeza  kwiyubaka .

Yasoje asaba abanyarwanda bose  Gukomeza kwibuka Biyubaka  kuko ibyiza twagezeho  ntawuzabisenya .

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 10, 2025 April 10, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubukungu

U Rwanda rwaje ku mwnaya wa mbere mu bihugu bifite gahunda nziza mu guteza imbere Afurika

July 29, 2024
Andi makuru

RIB yataye muri yombi umugore uherutse guhohotera umwana arera akamukomeretsa

April 13, 2023
Imyidagaduro

Mutesi Jolly arifuza kuzayobora ibirori bya Grammy Awards mu Rwanda

February 9, 2024
Andi makuru

Perezida Cyril Ramaphosa na Museveni baganiriye ku kibazo cyo muri RDC

April 16, 2024
Andi makuru

Perezida Zelensky yahishuye ko nta matora azaba igihugu cyiri mu ntambara

November 20, 2024
Andi makuru

Brig Gen (Rtd) Rusagara yitabye Imana

March 26, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?