SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umukinnyi wa Filme Val Edward Kilmer yitabye Imana ku myaka 65
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umukinnyi wa Filme Val Edward Kilmer yitabye Imana ku myaka 65
Imyidagaduro

Umukinnyi wa Filme Val Edward Kilmer yitabye Imana ku myaka 65

Gossip Kigali
Last updated: 2025/04/02 at 12:26 PM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Val Edward Kilmer wamenyekanye muri filime zirimo ‘Top Gun’, ‘Batman Forever’ n’izindi, yapfuye azize umusonga afite imyaka 65 y’amavuko.

Yaguye mu rugo rwe mu Mujyi wa Los Angeles nk’uko umuryango we wabitangaje.
Amakuru y’urupfu rwe yemejwe n’umukobwa we Mercedes Kilmer watangarije The New York Times ko Se yapfuye azize indwara y’umusonga.

Kilmer yari yaragiye ahurirwaho n’indwara zitandukanye, aho mu 2014 yarwaye ikibyimba mu muhogo yatewe na kanseri bikamuviramo kumara igihe kinini mu bitaro.

Yari mu bakinnyi ba filime bakomeye i Hollywood aho yakinnye muri filime zamamaye ku rwego mpuzamahanga.

Azwi cyane muri filime zirimo nka ‘Batman Forever’, ‘Top Gun’ ibice bibiri yakinanye na Tom Cruise, ‘Heat’, ‘The Saint’, ‘Tombstone’ n’izindi zitandukanye.

By’umwihariko yamenyekanye muri filime yitwa ‘The Doors’ yakinnye mu 1991, yagarukaga ku buzima bw’umuhanzi Jim Morrison wubatse ibigwi mu njyana ya Rock.

 

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Gossip Kigali April 2, 2025 April 2, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Minaffet yatumije Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda, Alison Thorpe

February 28, 2025
Imyidagaduro

Umunyamakuru Babu wa Isibo Tv yasabiwe gufungwa umwaka

June 13, 2024
Imyidagaduro

Ariel Wayz yahishuye imbogamizi abahanzikazi bo mu Rwanda bahura nazo bakijira mu muziki

March 5, 2025
Andi makuru

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa DR Congo bahuriye i Doha

March 19, 2025
Imyidagaduro

Kendrik Lamal yageze i Kigali ahishwe mu buryo bukomeye

December 5, 2023
Andi makuru

Abasenateri Dr. Nyinawamwiza Laëtitia na Uwera Pélagie baratabariza Itangazamakuru

February 28, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?