SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame azaganiriza abaturage b’umujyi wa Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame azaganiriza abaturage b’umujyi wa Kigali
Andi makuru

Perezida Kagame azaganiriza abaturage b’umujyi wa Kigali

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2025/03/14 at 11:58 AM
Wakibi Geoffrey
Share
1 Min Read
SHARE

Umujyi wa Kigali watangaje ko Umukuru w’Igihugu ategerejwe mu biganiro bizamuhuza n’abatuye umujyi wa Kigali.

Ni ibiganiro biteganyijwe ko bizaba ku cyumweru tariki ya 16 Werurwe 2025, mu nyubako ya BK Arena.

Umujyi wa Kigali wari watangaje ko uru ruzinduko rw’umukuru w’igihugu rwagombaga kubera i Gahanga mu karere ka Kicukiro ariko rwimurirwa muri BK Arena kubera “ ikibazo cy’ikirere.”

Uru nirwo ruzinduko rugiye kuba urwa  mbere kuva Perezida Kagame  yarahirira ku ba umukuru w’Igihugu muri iyi manda y’imyaka 5 (2024-2029) .

Perezida Kagame yaherukaga guhura n’abaturage muri BK Arena  muri Gicurasi umwaka ushize, muri  gahunda yiswe “ Meet the President”, ubwo yahuraga n’Abajyanama b’ubuzima , abakuriye Ibigo Nderabuzima, abayobozi b’Ibitaro n’abandi bakora mu nzego z’ubuzima .

Abaturage basurwa n’Umukuru w’Igihugu bakunze kumugezaho ibibazo bitandukanye birimo akarengane bagirirwa, ibyifuzo  n’ibindi bitandukanye.

Ni umwanya kandi wo kongera gusabana hagati y’abaturage ndetse n’abayobozi bo mu nzego zitandukanye.

You Might Also Like

Kigali : Umusore wo mu kigero cy’ imyaka 20 yiyahuriye ku nyubako izwi nko kwa Makuza ahita yitaba Imana

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yatanze impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri Kenya

Canal+ Rwanda yashyize igorora abakiliya bayo ibaha Poromosiyo ya Umukiliya n’umwami

Minisitiri Mutamba Constant yitabye ubushinjacyaha ashagawe n’abunganizi 20

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Wakibi Geoffrey March 14, 2025 March 14, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Niyo Bosco yinjiranye muri Kikac Ep nshya yise New Chapter

December 12, 2023
Imyidagaduro

Mu Rwanda hagiye gutangwa ibihembo bya Diva Beauty Awards 2023

July 4, 2023
Imyidagaduro

Umushoramari West ufite akabari ka El Classico yatunguwe n’inshuti ze ku isabukuru ye (Amafoto)

March 19, 2024
Andi makuru

Umuhanzi Yvan Drive yashyize hanze indirimbo ebyiri zivuga ibigwi Perezida Kagame mu rwego rwo kumwamamaza .

June 26, 2024
Imyidagaduro

Ubuyobozi bwa Trace Group bwashimiye u Rwanda uko rwabafashije gutegura Trace Awards &Festival

October 17, 2023
Imikino

#Kwibuka31: BAL yifatanyije n’Abanyarwanda Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi ‎1994

April 9, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?