SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Oda Paccy arashimira Imana yamukijije indwara yari imutwaye ubuzima
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Oda Paccy arashimira Imana yamukijije indwara yari imutwaye ubuzima
Imyidagaduro

Oda Paccy arashimira Imana yamukijije indwara yari imutwaye ubuzima

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published February 17, 2025
Share
SHARE

Ibyishimo ni byose kuri Oda Paccy worohewe nyuma y’iminsi arembejwe n’indwara atazi neza, ariko ahamya ko yari imuhitanye.

Mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki 14 Gashyantare 2025 nibwo Oda Paccy yajyanywe kwa muganga igitaraganya nyuma yo kwikubita hasi akabura ubwenge.

 Oda Paccy byumvikana ko ataragarura imbaraga amaze gutangariza umunyamakuru wa AHUPA RADIO  ko mu gitondo cy’uwo munsi yikubise hasi mu buryo butunguranye abura ubwenge.

Ati “Nanjye simbyibuka kuko nakangutse ndi kwa muganga, gusa bambwiye ko ku wa Gatanu tariki 14 Gashyantare 2025 mu gitondo nikubise hasi mbura ubwenge. Banjyanye kwa muganga bantera serumu nza kugarura ubwenge nyuma y’amasaha hafi 24.”

Oda Paccy avuga ko ku wa Gatandatu ari bwo yagaruye ubuzima, bamuganiriza ibyamubayeho, gusa ahamya ko yari apfuye Imana ikinga akaboko.

Oda Paccy yasabwe n’abaganga gutaha akaruhuka kuko ikintu cyari kimwivuganye ari umunaniro ukabije wari wamufashe.

Uyu muhanzikazi ahamya ko kugeza ubu amaze koroherwa ndetse ashimira Imana yamurinze, icyakora avuga ko atarakira neza kuko agikomeje imiti no gukurikiza amabwiriza ya muganga.

You Might Also Like

Nyuma y’Abarimo Ariel Wayz,Juno Kizigenza ,Kevin Kade na Nel Ngabo Kivumbi yongerewe mu bazaririmba mu bitaramo bya Mtn Iwacu na Muzika

R Kelly yahishuye ko ubuzima bwe bugeramiwe muri Gereza afungiyemo

Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko

King James yahishuye ko azakora ibitaramo byinshi ubwo azaba yizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

Producer Niz Beat yashimye uruhare Mico The Best yagize mu ikorwa ry’indirimbo Sana ya Afrique

Nsanzabera Jean Paul February 17, 2025 February 17, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Utuntu n'utundi

Mayotte :Impunzi z’abanyarwanda n’abarundi zikomeje guhura n’uruva gusenya kubera umutekano muke

January 30, 2024
Andi makuru

Ba ofisiye biga mu Ishuri rikuru rya Polisi bari mu rugendoshuri mu Misiri

April 30, 2025
Imyidagaduro

Platini agiye gukora igitaramo cyo kwishimira ibyo yagezeho mu muziki

February 8, 2024
Utuntu n'utundi

Umugore wa Kendrik Lamar yagaragaye mu Biryogo

December 6, 2023
Imyidagaduro

Producer Niz Beat yashimye uruhare Mico The Best yagize mu ikorwa ry’indirimbo Sana ya Afrique

June 11, 2025
Imyidagaduro

Igitaramo cya Swangz Avenue All Star kimuriwe umwaka utaha

December 16, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?