SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Museveni yiyemeje gutanga ibishoboka byose Jose Chameleon akavurwa
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Perezida Museveni yiyemeje gutanga ibishoboka byose Jose Chameleon akavurwa
Imyidagaduro

Perezida Museveni yiyemeje gutanga ibishoboka byose Jose Chameleon akavurwa

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/20 at 4:00 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Perezida  Yoweri  Kaguta Museveni  yemeye  gutanga ubufasha bwose bushoboka kugira  ngo umuhanzi Jose Chameleon Mayanja azavurirwe muri Leta zunze ubumwe z’Amerika  nkuko bamwe mu bafana be bari gukora igikorwa nkicyo ngo uyu muhanzi avurwe .

Ibi byatangajwe na Hon Barugahara Attenyi usanzwe afitanye umubano mwiza ya Jose Chameleon,yavuze ko Perezida muri iyi  minsi ahangayikishijwe n’uburwayi uyu muhanzi afite kugira ngo abashe gukomeza gutanga umusanzu  mu  guteza imbere  uruganda  rw’imyidagaduro  muri icyo gihugu.

Ibi nibyo byatumye ibiro  by’umukuru w’Igihugu muri Uganda byemeje ko aribyo bizatanga ibintu byose bizakenerwa kugira  uyu muhanzi ajye kuvurirwa muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika .

Yagize ati “Perezida Museveni ashaka kubona  Chameleone  abaho igihe  kirekire  agakomeza gutanga umusanzu  we mu ruganda rw’Imyidagaduro muri Uganda ,Ibi  bivuzwe mu gihe umuherwe kazi hariya  muri Uganda  Juliet Zawedde nawe yari  yemeye ko  azishyura amatike  y’indege  yoze azamugeza aho agomba kuvurira muri Amerika .

Biteganyijwe ko  mu cyumweru gitaha  aribwo Jose chameleon na Murumuna we  Weasal Manizzo aribwo bazerekez muri Leta  zunze ubumwe z’amerika mu bitaro  bya Allina Health Mercy Hospital aho azahabwa ubuvuzi bwisumbuye  kubwo yahabwaga muri bitaro muri Uganda .

Jose Chameleon arembejwe n’uburwayi bw’Impindura  yatewe  no  gukoresha ibiyobyabwenge byinshi aho aherutse kubwira n’abaganga ko nakomeza kunywa ibiyobyabwenge ashobora kutazarenza imyaka ibiri akiri mu buzima bwa muntu .

Ubu  burwayi  bwa Jose Chameleon bwatumye asubika  ibitaramo byose yari afite muri iyi minsi mikuru ya Noheli n’ubunani harimo n’icyo yagombaga gukorera  mu Rwanda  tariki ya 03 Mutarama 2024

You Might Also Like

Dj Rusam n’umukunzi we Alex Tlex basezeranye imbere y’amategeko

Miss Uwase Raissa Vanessa yasabwe anakobwa n’umukunzi we Ngenzi Dylan (Amafoto)

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Nsanzabera Jean Paul December 20, 2024 December 20, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruUtuntu n'utundi

Menya Impamvu Umuherwe Elon Musk Agiye kubaka Umujyi we

March 14, 2023
Imikino

Kiyovu Sports yatsize Etiencelles umutoza Bipfubusa abona intsinzi ya mbere!

December 10, 2023
Andi makuru

Urukundo rwa Marina naYvan Muziki rwajemo agatotsi

January 11, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Bruce Melodie yatumiwe mu gitaramo gisoza Primusic

July 7, 2023
Andi makuru

IMA :Abanyamakuru b’imyidagaduro bitoreye abahanzi bakoze neza muri 2024

December 18, 2024
Imyidagaduro

Nyuma y’igihe kirekire bataruhuka Riderman na Bull Dogg bijeje igitaramo cya amateka abakunzi ba Hip Hop

August 20, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?