SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ruger na Victony bagiye gutaramira mu Rwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ruger na Victony bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Ruger na Victony bagiye gutaramira mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/09 at 11:33 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Michael Adebayo Olayinka wamamaye wamenyekanye  Ruger na Anthony Ebuka Victor wamenyekanye nka Victony, bagiye  bateguje igitaramo mu Rwanda

Amakuru dukesha abari gutegura icyo gitaramo  gitaramo ni uko abo bahanzi  bombimuri BK Arena ku wa 28 Ukuboza 2024.

Ruger agiye kongera gutaramira i Kigali nyuma y’imyaka ibiri kuko yaherukaga kuhataramira ku wa 19 Gashyantare 2022, mu gitaramo cyabereye kuri Canal Olympia i Rebero.

Iki gitaramo cyari cyahuriyemo abahanzi nka Gabiro Guitar, Okkama, Kenny K-Shot, Ish Kevin, Ariel Wayz, Gustave Fuel na Afrique bo mu Rwanda.

Uretse Ruger, Victony ugiye gutaramira i Kigali yari yatekerejweho na Davis D mu gitaramo cye yise ’Shine Boy Fest’ cyabaye mu impera z’icyumweru gishize, icyakora biza guhinduka ku munota wa nyuma birangira atumiye Nasty C.

Victony, ni umunya-Nigeria uvanga kurapa no kuririmba. Uyu musore wavutse ku wa 5 Mutarama 2001 akomoka mu gace Orsu muri Leta ya Imo. Yamamaye mu ndirimbo nka Soweto, Kolomental, Stubborn yakoranye na Asake n’izindi nyinshi.

Ruger ni umusore ukunzwe  mu muziki cyane ko ari mu bagezweho muri Nigeria no muri Afurika muri rusange.

Ruger yazamutse cyane mu muziki nyuma yo gusinyana amasezerano y’imikoranire na D’Prince binyuze muri sosiyete ye ifasha abahanzi yitwa ’Jonzing World Record’.

Uyu  musore ukunzwe cyan n’inkumi azwi cyane mu ndirimbo nka Toma Toma  aherutse gukorana na Tiwa Savage ,Luv again ,Make  way ,Ruger n’izindi  nyinshi  zakunzwe nabatari bake.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul December 9, 2024 December 4, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Gen. Valerii Zaluzhnyi wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ukraine yirukanywe mu kazi

February 9, 2024
Imyidagaduro

King Saha yashimangiyeko Bebe Cool ari umuhanzi usanzwe

April 25, 2023
Andi makuru

Itsinda Tag Team ryatumiwe gususurutsa bazitabira Kigali Auto Show

July 13, 2024
Imikino

Patriots BBC yatsinze Tigers BBC amanota 86-78 

February 8, 2025
Imyidagaduro

Urupfu rwa Pastor Niyonshuti Theogéne rwashenguye benshi mu Rwanda

June 23, 2023
Andi makuru

Goma :Sosiyete sivile irasaba leta kugabanya ingabo muri uwo mujyi

August 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?