SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Chley yishimiye kuba agiye gutaramira abanyarwanda akigera I kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Umuhanzi Chley yishimiye kuba agiye gutaramira abanyarwanda akigera I kigali
Andi makuru

Umuhanzi Chley yishimiye kuba agiye gutaramira abanyarwanda akigera I kigali

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/08/09 at 9:36 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi ukomoka muri Afurika y’Epfo Chley wamenyekanye mu ndirimbo Komasava yakoranye na Diamond Platnumz, Jason Derulo na Khalil Harisson, yageze i Kigali mu ijoro ryakeye.

Chley yageze mu Rwanda ari kumwe na Sthibo usanzwe ari producer akaba n’umuhanzi, aho baje mu gitaramo cyizaba ku wa 10 Kanama 2024 muri Kigali Universe, aho ari kimwe mu bitaramo bizenguruka Isi bise International Tour.

Siphesihle Nkosi uzwi nka Chley, yatangaje ko ari ubwa mbere ageze i Kigali, gusa ko yiteguye gusabana n’abafana be ndetse n’abakunzi b’umuziki.

Agaruka ku ndirimbo Komasava, yavuze ko bose batunguwe no kubona yarageze ku rwego yagezeho, kandi ngo yakunze uburyo abahanzi bakomeye nka Chris Brown bayibyinnye.

Yavuze ko gukorana na Diamond bitagoranye kuko basanzwe ari inshuti cyane, ndetse ko amufata nk’umuvandimwe we bityo ko byari ibintu byoroshye gukorana.

Chley na sthibo bageze mu Rwanda bakubutse i Kampla muri Uganda, aho bazakomereza muri Benin ndetse byitezwe ko bazakomeza bajya gutaramira muri Congo-Kinshasa.

You Might Also Like

Edgar Lungu wahoze ayobora Zambia yitabye imana ku myaka 68

AFC/M23 yahagamagaje intumwa zayo zari mu biganiro I Doha Muri Qatar

Perezida Trump yakuyeho visa ku bihugu 12 birimo ibibazo by’ umutekano muke

Polisi y’igihugu yataye muri yombi abakekwaho ubujura 21 mu majyepfo

Urukiko rwateye utwatsi ikirego Rusesabagina aregamo kompanyi ya Gainjet yamuzanye mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul August 9, 2024 August 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Umunyezamu wa APR FC yasabye imbabazi abafana

February 22, 2024
Imyidagaduro

Umubyeyi wa Turahirwa Moses yitandukanyije nibyo umuhungu we yatangaje k’Umukuru w’igihugu

April 16, 2025
Iyobokamana

Tonzi yakomoje kubica intege abahanzikazi mu gihe we yitegura gushyira hanze alubumu ya 9

March 8, 2024
Iyobokamana

Grace Room Ministries ya Pastor Julienne Kabanda yateguye igiterane cyo kwishimira imyaka 5 imaze

November 21, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Jack Ross wakoranye na Producer Junior yashenguwe n’urupfu rwe

July 31, 2023
Imyidagaduro

Burna Boy, Davido, Wizkid bazitabira Ibirori bya Trace Awards i Kigali

August 23, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?