SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Real Limu yahuje imbaraga na Justin bashyira hanze indirimbo bise Imihigo irakomeje
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Real Limu yahuje imbaraga na Justin bashyira hanze indirimbo bise Imihigo irakomeje
Imyidagaduro

Umuhanzi Real Limu yahuje imbaraga na Justin bashyira hanze indirimbo bise Imihigo irakomeje

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 14, 2024
Share
SHARE

Umuhanzi  Twizerimana Froduald  uri mu bagezweho mu Rwanda nka Real Limu, wamenyekanye cyane mu ndirimbo Ndinda nanjye nkurinde, Intwari z’u Rwanda, Amarembo y’u Rwanda, Tubyine intsinzi n’izindi yamaze gushyira hanze indirimbo yise ‘imihigo irakomeje igaruka kubyo u Rwanda rumaze kugeraho nyuma y’imyaka 30 rwibohoye ingoma y’igitugu yasize ikoze Jenoside yatwaye ubuzima bw’abatutsi barenga Miliyoni  mu minsi ijana gusa

Limu kandi azwi nk’Umuririmbyi n’umucuranzi w’indirimbo zijyanye na gahunda za Leta by’umwihariko izivuga ku burere mboneragihugu.

Avuga ko indirimbo  ‘ Imihigo irakomeje’ yayihereye ku mpanuro umukuru w’Igihugu Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba  mukuru  w’ingabo  ku rugamba adahwema kugira Abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko.Ati: “Urebye ahanini igitekerezo cyayo ni ho cyavuye”.

Muri iyi ndirimbo ye avugamo uburyo Nyakubahwa  Pereizida wa Repubulika  iteka aharanira ko aho  yakuye u Rwanda atifuza na rimwe ko rwazahasubira akaba ariyo mpamvu imihigo yo kurwubaka igikomeje  cyane ko benshi  mu Banyarwanda bategereje ya tariki  ya 15  Nyakanga ngo bongere bamwereke urukundo bamufitiye mu rugendo rwe rwo guteza imbere igihugu cyababyaye

Ati: “Umuntu uzi u Rwanda mu myaka ishize, ndahamya ntashidikanya ko ubu ageze mu rw’imisozi igihumbi yatungurwa n’aho ubu rugeze rwiyubaka”.

Umutoza w’Ikirenga ni kenshi yumvikana ashishikariza urubyiruko gukunda umurimo no kuwunoza ari naho  ahera avuga ko  imihigo ikomeje  mu mpande zose z’U Rwanda  kugira  rurusheho kuba rwiza

Limu yadutangarije  ko batahindura ikipe itsinda.

Nyuma y’aho Perezida Kagame yemereye Abanyarwanda kongera kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri uyu mwaka 2024, byongereye imbaraga Limu.

Avuga ko arimo gutegura Alubumu y’indirimbo zivuga ku bikorwa byiza kandi byinshi Umutoza w’Ikirenga amaze kugeza ku banyarwanda.

Indirimbo imihigo  irakomeje ni imwe mu ndirimbo zizaba ziri kuri iyi Alubumu ye yise  Umutoza w’Ikirenga

Umuhanzi Limu ashimira abafana be badahwema kumuba hafi bamuha inama ndetse n’ibitekerezo bitandukanye, ibyo ngo bimwubakamo icyizere.

 

 

 

 

Urubanza rwa Tity Brown rwongeye gusubikwa ku nshuro ya 4
Umunyabigwi Bobby Caldwell yitabye Imana ku myaka 71
50 Cent yashyize umucyo ku nkuru zivuga ko yarashwe
Humble Jizzo yatangiye kwikorana umuziki ashyira indirimbo ye yambere hanze
Turahirwa Moses yasabye imbabazi abanyarwanda nyuma yo guhyira hanze amashusho asambana nabo bahuje Ibitsina
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Casino Bonus Za Registraci

May 28, 2024

Nytt Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024

Sky Casino Darwin

September 5, 2023

Play Free Pokies Wheres The Gold

May 28, 2024

Does Perth Casino Have Pokies

May 28, 2024

Dublin Blackjack Machine Statistics

November 20, 2018

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?