SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Patrick Salvado na Dr Hillary Okello basabye abakunzi ba Gen-Z comedy kwitegura gutaha imbavu zibarya
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Patrick Salvado na Dr Hillary Okello basabye abakunzi ba Gen-Z comedy kwitegura gutaha imbavu zibarya
Imyidagaduro

Patrick Salvado na Dr Hillary Okello basabye abakunzi ba Gen-Z comedy kwitegura gutaha imbavu zibarya

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/20 at 1:08 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Patrick Salvado na Dr Hillary Okello batumiwe mu gitaramo cya Gen-Z Comedy bageze i Kigali, basaba abakunzi babo kwitabira ari benshi kuko uzaba ari umunsi udasanzwe wo gutaramana nabo.

Akigera i Kigali, Dr Hillary Okello, umunyarwenya wubatse izina muri Uganda, yavuze ko yishimiye kongera gutumirwa muri Gen-Z, cyane ko ayiherukamo ikibarizwa mu rugando muri ArtRwanda-Ubuhanzi.

Ati “Njye nishimiye kuba ngiye gufatanya n’abakunzi ba Gen-Z kwizihiza imyaka ibiri bamaze, njye naherukaga ari ibitaramo bito bitarenza abantu ijana ariko uyu munsi ubona ko byakuze ni ikintu cyo kwishimira.”

Patrick Salvado watumiwe bwa mbere muri iki gitaramo, yavuze ko yakunze igitekerezo cy’abagitangije, bityo ko ari amahirwe kuri we gutumirwamo.

Ati “Iyo wumvise igitekerezo cya Gen-Z Comedy wumva ko ari igitekerezo cyiza, ni ubwa mbere ngiye kuhataramira kandi nizeye kuzashimisha abakunzi banjye. Iteka iyo ndi gutaramira mu Rwanda ni ibintu bishimisha.”

Uretse aba banyarwenya bageze i Kigali, iki gitaramo kizitabirwa n’abanyarwenya bafite amazina mu Rwanda nka Rusine, Nkusi Arthur, Killaman na Dogiteri Nsabii, Michael Sengazi n’abandi.

Kugeza ubu amatike y’iki gitaramo giteganyijwe ku wa 21 Werurwe 2024 mu ihema rini  muri KCEV ahazwi nka Camp Kigali  ari ku isoko, aho mu myanya isanzwe ari kugura 5000Frw, ibihumbi 10Frw muri VIP ndetse n’ibihumbi 20Frw muri VVIP.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul March 20, 2024 March 20, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Abanyuze mu Irushanwa rya ArtRwanda-Ubuhanzi bashimiwe umusaruro bakomeje gutanga .

November 4, 2023
Imikino

Euro 2024: N’Golo Kanté yongeye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu

May 17, 2024
Iyobokamana

Mufti w’u Rwanda yahaye umukoro abanyarwanda bagiye mu mutambagiro i Maka

May 28, 2025
Imyidagaduro

Kevin Hart n’umuryango we basuye urwibutso Jenoside rwa Kigali

July 20, 2023
Imyidagaduro

Bebe Cool yahishuye agahinda yatewe no kumara amezi 8 atari kumwe n’umugore we Zuena

February 28, 2025
Andi makuru

General Mubarakh Muganga n’itsinda ayoboye bari mu ruzinduko rw’akazi muri Jordan

April 23, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?