SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: TDR Festival :Bwiza.Juno kizigenza .Mico The Best na Niyo Bosco basusurukiye abanye huye bataha batabishaka
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > TDR Festival :Bwiza.Juno kizigenza .Mico The Best na Niyo Bosco basusurukiye abanye huye bataha batabishaka
Imyidagaduro

TDR Festival :Bwiza.Juno kizigenza .Mico The Best na Niyo Bosco basusurukiye abanye huye bataha batabishaka

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/02/20 at 1:16 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byatangiriye mu Karere ka Huye aho abakunzi b’umukino w’amagare banyuzwe n’umuziki bacurangiwe n’abahanzi batandukanye bari bitabiriye ku bwinshi.

Igitaramo cya mbere cyabereye muri ‘Car Free Zone’ mu Mujyi wa Huye ku wa 19 Gashyantare 2024. Mu bahanzi icyenda bamaze igihe bamamazwa muri iri Serukiramuco, batandatu nibo bagaragaye ku rubyiniro.

Ni igitaramo cyari kiyobowe na Lucky Nzeyimana usanzwe ari Umunyamakuru wa RBA.

Ku ikubitiro Eric Senderi ni we wabanje ku rubyiniro, akurikirwa na Mico The Best mu gihe hakurikiyeho Niyo Bosco.

Nyuma y’aba bahanzi Bwiza ni we wakurikiyeho, mbere y’uko bakira Juno Kizigenza we wahaye ikaze Bushali baririmbana ‘Kurura’ indirimbo bakoranye mu 2022.

Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda Festival bwavuze ko abahanzi batagaragaye barimo Danny Vumbi, Kenny Sol na Afrique bazagaragara mu gitaramo kizabera i Rubavu ku wa 21 Gashyantare 2024.

Byitezwe kandi ko ku wa 22 Gashyantare 2024 ibi bitaramo bizerekeza mu Karere ka Musanze mbere y’uko bisorezwa i Kigali ku wa 25 Gashyantare 2024.

Ni ku nshuro ya kabiri habaye ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival kuko byatangijwe umwaka ushize mu 2023.

Amafoto :Igihe

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul February 20, 2024 February 20, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umunyarwenya Fred Omondi yitabye Imana

June 15, 2024
Imikino

BAL 2024: APR BBC yisanze mu itsinda rimwe na US Monastir

February 16, 2024
Imyidagaduro

The Ben yiseguye ku muryango we nuwu mugore kubera ifoto bashyize hanze

December 30, 2024
Andi makuru

Abanyapolitiki bishwe muri Jenoside bibukwa buri tariki 13 Mata bari bantu ki?

April 13, 2024
Imyidagaduro

Jules Sentore yasubiye gutaramira Abanyarwanda iburayi

September 14, 2023
Imyidagaduro

Jivah record yasinyishije Producer Loader yiyemeza guteza imbere impano zikizamuka

August 19, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?