SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Imodoka ya Lewis Hamlton yakoresheje muri 2013 yagurishijwe miliyari 18 z’amanyarwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Imodoka ya Lewis Hamlton yakoresheje muri 2013 yagurishijwe miliyari 18 z’amanyarwanda
Imikino

Imodoka ya Lewis Hamlton yakoresheje muri 2013 yagurishijwe miliyari 18 z’amanyarwanda

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/21 at 9:00 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Imodoka ya Mercedes Benz yakinishijwe n’Umwongereza Lewis Hamilton mu masiganwa y’imodoka nto ya Formula 1 yakoze amateka yo kugurishwa miliyoni 18.8 $.

Lewis Hamilton ni umwe mu bakinnyi ba Formula 1 bamaze igihe bakina uyu mukino ndetse banawukozemo amateka akomeye cyane yakozwe na bake kuva watangira gukinwa.

Ubusanzwe uyu mukinnyi wa Formula 1 akoresha imodoka zitandukanye bigendanye n’izigezweho mu mukino. Mu 2013 yakoreshaga iya Mercedes W04 nubwo itamufashije kwitwara neza mu mwaka w’imikino.

Muri uwo mwaka Lewis Hamilton yasoje ku mwanya wa kane mu gihe yifuzaga gutwara irushanwa ku nshuro ya gatandatu. Icyo gihe ryegukanwa na Sebastian Vettel.

Iyi modoka yo muri uwo mwaka yashyizwe ku isoko ndetse inatezwa cyamunara igurwa miliyoni 18.7 $ ikuraho agahigo kari gafitwe na Ferrari yatwarwaga na Michael Schumacher yagurishijwe 13 $.

Nubwo yagurishijwe ako kayabo ariko ntabwo ariyo modoka igurishijwe menshi y’ibihe byose kuko mu 2013 hagurishijwe imodoka yo mu 1954 yatwarwaga na Juan Manuel Fangio ya Mercedes W196R yatanzweho arenga miliyoni 19 $.

Imodoka y’uyu mukinnyi yagurishirijwe mu Mujyi wa Las Vegas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ahaberaga isiganwa ribanziriza irya nyuma yasoje ari ku mwanya wa karindwi.

You Might Also Like

Ababiligi bisubiyeho batangaje ko bazitabira Shampiyona y’isi y’amagare mu Rwanda

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Nsanzabera Jean Paul November 21, 2023 November 21, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Itsinda rya Twin Vibes ryashyize hanze indirimbo yaryo ya Mbere ryise Energy (Video )9

May 22, 2024
Imyidagaduro

Fatakumavuta yongeye guhakana ibyaha aregwa ibyaha aregwa

May 15, 2025
Andi makuru

Issiaka Mulemba yashyingiranywe n’umukunzi we mw’ibanga

October 4, 2023
Imikino

Amavubi anganyije na Zimbabwe mumukino utari uryoheye ijisho!

November 15, 2023
Imyidagaduro

Danny Vumbi yahishuye igituma atava mu muziki kugeza ubu

August 20, 2024
Imyidagaduro

Platini agiye gukora igitaramo cyo kwishimira ibyo yagezeho mu muziki

February 8, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?