SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yayoboye Inama nkuru ya gisirikare
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame yayoboye Inama nkuru ya gisirikare
Andi makuru

Perezida Kagame yayoboye Inama nkuru ya gisirikare

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: November 15, 2023
Share
SHARE

Ni inama yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Ugushyingo mu 2023.

Yitabiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda ndetse n’abandi basirikare n’abapolisi bakuru b’u Rwanda.

Iyi nama kandi yanitabiriwe n’abasirikare n’abapolisi bakuru bari mu kiruhuko cy’izabukuru.

Kugeza ubu ntiharatangazwa ingingo zaganiriweho muri iyi nama.

Ingabo z’u Rwanda ziza ku isonga mu kurinda ubusugire bw’abaturarwanda ndetse zinatanga umusanzu mu bikorwa bifitiye abaturage akamaro ndetse bigamije kubateza imbere.

Inshuro nyinshi, iyo Perezida Kagame yahuye n’abayobozi bakuru b’Ingabo z’u Rwanda, akunda kubashishikariza gukorana umurava inshingano zabo, gukomera ku kinyabupfura n’amahame biranga RDF.

Iyi nama iba buri mwaka, ifatirwamo imyanzuro itandukanye. Yitabirwa n’abayobozi barimo Minisitiri w’Ingabo, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Abagaba b’Ingabo, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, abayobozi ba za Diviziyo, abayobozi b’ibigo by’amashuri ya gisirikare n’ibitaro n’abandi bayobozi bakuru mu Ngabo z’u Rwanda.

Inama nk’iyi yaherukaga muri Gicurasi mu 2022.

Imbwirwaruhame za  Pasteur Ezra Mpyisi zizatuma yibukwa iteka
Abayobozi n’abakozi ba ADHI Ltd basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi (Amafoto )
RIB irasaba abanyamakuru ba siporo kwirinda gukorera ibyaha mu biganiro bakora
Colonel Innocent Kaina wahoze muri M23 yashinze Umutwe yise FNLC
Umukinnyi wa film mpuzamahanga Blaise Christian Sitchet uri mu Rwanda Yishimiye sinema Nyarwanda
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

King Casino Bonus

May 28, 2024

Ireland Slot Machine List

May 28, 2024

Online Casino Best Site

May 28, 2024

Are There Any Live Electronic Casinos In Ireland

May 28, 2024

Virtual Pokies Free Money No Download

September 5, 2023

Best Online Casino Bonus Codes Ie

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?