SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: MTN iwacu na Muzika Festival Abanyamusanze ntibakanzwe n’imvura babyinnye karahava (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > MTN iwacu na Muzika Festival Abanyamusanze ntibakanzwe n’imvura babyinnye karahava (Amafoto)
Andi makuru

MTN iwacu na Muzika Festival Abanyamusanze ntibakanzwe n’imvura babyinnye karahava (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: July 6, 2025
Share
SHARE

Ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival mu mwaka wa 2025 byatangiriye mu karere ka Musanze, imvura igerageza kurogoya igitaramo abantu bayima amatwi.

Kuri uyu wa Gatanu, ni bwo ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival byatangiye kuzenguruka Igihugu cyose bihera mu karere ka Musanze aho byabereye kuri Sitade ‘Ubworoherane’ 

Nk’uko byari biteganyijwe, abahanzi 7 byemejwe na EAP ndetse n’umwe mu bahanzi bo mu karere ibi bitaramo biberamo bose bari bahari ndetse banatanga ibyishimo ku bafana babo.

Ku ikubitiro, umuhanzikazi Ariel Wayz niwe wabanje ku rubyiniro akurikirwa na Kivumbi King utarabashije gutaramira i Rubavu ku munsi wo Kwibohora. Bidatinze, Nel Ngabo wari waherekejwe na Clement Ishimwe umureberera inyungu yahise agera ku rubyiniro ataramira abafana be bo mu karere ka Musanze.

Nyuma y’aho, Juno Kizigenza wajyaga wifuzwa na benshi muri ibi bitaramo yahise agera ku rubyiniro hanyuma agaragaza ko ari umuhanzi ushoboye kandi ko icyizere abafana be bamugiriye agikwiriye.

Juno Kizigenza yahise ahamagara Bull Dogg ku rubyiniro hanyuma undi nawe ahita akomerezaho mu ndirimbo za Hip Hop zakunzwe ndetse anavuga ko uyu munsi wari uwo kwizihiza isabukuru ya Jay Polly.

Nyuma ya Bull Dogg, hakurikiyeho Riderman nawe waje akomereza muri uwo mujyo wo gusimbuka bigeze kuri King James ho biba akarusho dore ko yinjiriye mu ndirimbo ze zibyinitse. King James wari umuhanzi wa nyuma yataramiye abanya-Musanze biratinda hasigara imbaraga zo kuzakomereza mu karere ka Gicumbi mu mpera z’icyumweru gitaha.

Ku nshuro ya 2 hagiye gutangwa ibihembo bya Video Vixen Awards 2025
Gen Mubaraka Muganga na Brig Gen Ronald Rwivanga bitabiriye ibirori bya tarehe sita I Bugande
Burkina Faso na Niger byikuye mu muryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa
Polisi yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Abapolisi 154
Papa Francis  yasabye ko ubwicanyi bubera muri RDC bwahagarara
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Mobile Pokies Win No Deposit

September 5, 2023

Gold Win Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Play Pokies Free Online

February 25, 2025

What Fruit Spins Are Called In Ireland 2023

February 18, 2019

Ezee Wallet Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Cash Box Casino

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?