SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Dj Toxxyk yashyize hanze urutonde rw’abahanzi naba dj bazamufasha mu gitaramo cye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Dj Toxxyk yashyize hanze urutonde rw’abahanzi naba dj bazamufasha mu gitaramo cye
Andi makuru

Dj Toxxyk yashyize hanze urutonde rw’abahanzi naba dj bazamufasha mu gitaramo cye

Ahupa Radio
Ahupa Radio
Published: June 22, 2025
Share
SHARE

Dj Toxxy Umwe mu bahanga dufite  hano mu Rwanda nyuma  yaho atangarije ko agiye kwongera gutegura igitaramo cya Toxxyk Experience kibera  mu mujyi wa Rubavu kuri iyi nshuro yatangiye kucyamamaza mu mujyi wa Kigali ndetse anatangaza urutonde rw’ abahanzi n’abadj’s bazamufasha muri icyo gitaramo

Bruce Melodie uri mu bahanzi bamaze igihe bahagaze bwuma mu muziki w’u Rwanda, yongewe mu gitaramo ‘Toxxyk Xperience’ gitegerejwe kubera i Rubavu ku wa 4 Nyakanga 2025.

Iki gitaramo kizabera mu Karere ka Rubavu, bikaba ari ku nshuro ya kabiri kizaba kibaye nyuma y’uko DJ Toxxyk abitangiye mu 2024.

Ni igitaramo DJ Toxxyk ahurizamo aba DJs batandukanye ndetse n’abahanzi b’amazina manini, mu rwego rwo gususurutsa abakunzi b’umuziki baba bakoraniye mu Karere ka Rubavu.

Mu bahanzi batumiwe muri iki gitaramo uyu mwaka barimo Kivumbi King na Bruce Melodie mu gihe aba DJs bagera ku icumi bayobowe na DJ Toxxyk na bo bazasusurutsa abazitabira ibi bitaramo.

Mu ba DJs batumiwe muri iki gitaramo barimo June, Maraud, Bloww, Lou,Pyfo,Smooth Kriminal,Klxx,Tyga, Inno na Kevin Klein.

Umwaka ushize ubwo yatangizaga ibi bitaramo ku nshuro ya mbere, DJ Toxxyk yari yatumiye abahanz barimo Ish Kevin, Chris Eazy na Kenny Sol n’aba DJs batandukanye b’intoranywa.

Uretse gususurutsa abakunzi b’umuziki, DJ Toxxyk na DJ Marnaud bazaba bataramira i Rubavu banishimira imyaka icumi ishize batangiye urugendo rwo kuvanga imiziki.

Ukraine yemeye icyifuzo cya muri Amerika cy’agahenge k’ iminsi 30 mu ntambara barimo n’Uburusiya
Umwihariko wa Sunday Brunch muri La Creola Restaurant & Lounge
Parike y’igihugu y’Akagera igiye kwakira inkura 70 z’umweru
Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi
Perezida Paul Kagame yatashye ku mugaragaro inyubako ya ‘Norrsken Kigali
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Bet365 Best Casino Game

May 28, 2024

Best Free Spins Ie Videoslots

February 8, 2018

Burns Club Pokies

September 5, 2023

Fortune Jack Casino

May 28, 2024

What Are The Payout Percentages For Online Slots In Ireland In 2023

May 26, 2017

What Are The Benefits Of Gambling In Cork Ireland

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?