SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove
Imyidagaduro

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/06/04 at 8:41 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma yuko  akoze  igitaramo ‘The New Year Groove’ cyabaye ku ya 1 Mutarama 2025, Umuhanzi The Ben yaciye amarenga  yo gukora  ikindi gitaramo cya kabiri  kuya  1 Mutarama 2026, ndetse aca amarenga y’abahanzi bashobora kuzakigaragaramo.

Ibi The Ben yabigarutseho yifashishije imbuga nkoranyambaga, aho yasabye abakunzi be kwitegura iki gitaramo ndetse aca amarenga yo gutumira abahanzi bazaturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Tanzania.

The Ben naramuka akoze iki gitaramo bizaba bibaye inshuro ya kabiri agikoze cyane ko icya mbere cyagenze neza cyane.

Icyakora ku rundi ruhande The Ben ntabwo yigeze yemeza itariki n’ahazabera iki gitaramo kimwe n’abandi bahanzi bazamufasha

The Ben ateguje iki gitaramo nyuma y’ibyo yakoreye i Burayi, muri Canada, muri Uganda n’ahandi, aho yabaga amurikira abakunzi be album ye nshya yise ‘The Plenty love’.

Uyu muhanzi kuri ubu uri kubarizwa i Burayi aho ari kwita ku muryango we cyane ko aherutse no kwibaruka imfura, ategerejwe gutaramira Abanyarwanda bazahurira muri ‘Rwanda Convention USA’ izabera muri Amerika ku wa 4-6 Nyakanga 2025.

 

 

 

 

 

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul June 4, 2025 June 4, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Leta y’ u Burundi yahakanye amakuru yo kuba inyuma y’Igitero cyaguyemo abantu I Bukavu

February 28, 2025
Imyidagaduro

Umuhanzi Uptown The Maskking wo muri Nigeria arifuza gukorana indirimbo na Bruce Melodie na Davis D

May 23, 2023
Imyidagaduro

Umunyarwenya Dave Chappelle yunamiye inzirakaregane zishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

June 1, 2024
Andi makuru

Amerika n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi byasabye abaturage babyo kuva muri Liban

August 4, 2024
Imyidagaduro

Miss Igisabo yashyize hanze impapuro z’ubukwe bwe

June 26, 2024
Imyidagaduro

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

June 3, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?