SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire
Imyidagaduro

Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/05/13 at 5:35 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Umugoroba  wo ku cyumweru tariki ya  11 nibwo ku gisozi ahazwi nka  Pyramide habereye igikorwa cyo  guhitamo abanyamideli  bafite impano yi kumurika  imideli  igikorwa cyari gitegerejwe na benshi  mu bakiri batoya aho  bitabiriye ari benshi bashaka  kwerekana ubuhnga bwabo mu kumurika imideri .

Ubwitabire bw’abamurika mideli byari mu byagaragaje ko  kumurika imideli (Fashion) mu Rwanda bimaze gutera imbere ndetse kandi bikunzwe n’urubyiruko rwinshi .

Nkuko  byagaragariraga buri wese uwo mugoroba wari utegerejwe na benshi aho icyo gikorwa  cyaranzwe n’ibyiciro byinshi  haba mu abahungu no mu bakobwa bose bari bitabiriye  ari benshi kandi ubona  bafite umuhate wo  gutsinda .

Ku ya  24 Mata  2025  mu nkuru twari  twabagejejeho  ryavugaga ko uko guhitamo abamurikamideli  bazatsindira gukorana na Naf Model Empire hari abagombaga kuba badafite izindi nzu zimurika cyangwa zikora imideli  bakorana nazo ariko  byaje kugaragara  ko hari abanyempano mu mideli babigize umwuga  kandi badafite inzu bakorana nazo bitewe n’ubuhanga bagaragaje mu kwiyerekana imbere y’akanama nkemurampaka  banyura kw’Itapi  itukura

Akanama nkemurampaka  muri uwo muhango wo guhitamo abanyempano abamurika Imideli kari kagizwe nabarimo  Mr Lii  umuhangamideli wabigize umwuga  ndetse  na  Jean Tekno w’umumurikamideli umaze gukora ibikorwa byinshi by’indashyikirwa  mu ruganda rwo kumurika imideli buri muntu wese  yakwifuza kumwigiraho muri ako kazi .

Ako kanama  nkemurampaka  kuri uwo mugoroba kahuye n’akazi gakomeye cyane kuko  nubwo hifuzwaga abanyempano bashya 15 abitabiriye baje ari 50  aho mu cyiciro cya mbere bose biyerekanye ariko bikarangira hatoranyijwemo 31.Nabo baje gutorwanyamo 19 bakomeje mu cyiciro cya nyuma cyaje gutoranywamo 15 bifuzwaga kugira bazatangirane na Naf  Model  Empire .

Nyuma yo gutoranya abo bamulikamideli 15 batoranyijwe  baganirijwe  nabari bagize  akanama nkemurampaka  babamara ubwoba  ndetse banabwira abatanashije gukomeza ko  batagomba gucika  intege.

Mr Lii  na  John Tekno  bagize bati  “kudatorwa hano ntibi”vuze gutuma wumva koutabashije cyangwa ngo wihebe wumveko nta mpano ufite ahubwo wumveko ahubwo impamvu yabiteye aruko gusa utari wujuje n’ibyasabwaga ngo Naf  Model Empire yagendeyeho ishaka aba model kuko ushobora gusohoka hano wakinjira muyindi casting bakaba baguhitamo .

Mu gusoza  icyo gikorwa umuyobozi wa  Ozone Entertainment  yashinze  Naf Model Empire Bwana  Augustin Hategekimana  yatangaje ko  nubwo icyo gikorwa  cyasojwe  Atari  umunsi wo  kumirika  ku mugaragaro Naf  Model Empire ubu bifuzaga  abamurikamideli 15 ba mbere bo kuba bakorana nabo banita ku mpano yabo  bakaba bazatangariza abakunzi b’imideli  mu Rwanda  iyo tariki , anashimangira ko nabwo bashobora  kuzafata abandi  bazakorana nabo  kuri uwo  munsi .

 

You Might Also Like

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Nsanzabera Jean Paul May 13, 2025 May 13, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Ikipe ya Yanga Africans itsinze Simba mu buryo bugayitse

November 5, 2023
Imyidagaduro

RDB yashyize igorora abakunzi ba Manyinya kubera iminsi mikuru

December 14, 2023
Imyidagaduro

Knowless yakumbuje abakunzi be indirimbo zo hambere harimo niyo yakoranye na Vampino

December 12, 2024
ImyidagaduroKwibuka

Abagize itsinda ry’abanyarwenya ba Gen-Z Comedy basuye urwibutso rwa Kigali bunamira Abatutsi bahashyinguye(Amafoto_

April 16, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville

October 28, 2023
Andi makuru

Major Gashirahamwe w’umurundi waguye mu mirwano ya M23 yashyinguwe

November 17, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?