Umuhanzi Jean Paul Hagenimana wamamaye nka Bushali ari kumwe n’abanyarwenya bakunzwe cyane muri iyi minsi mu bitaramo bya Gen- z Comedy Muhinde,Umushumba , Pirate ,<C Kandii na Musa bagiye gutaramira abanyamusanze mu gitaramo cyiswe Musanze Vibes .
Iki gitaramo biteganyijw eko kizaba ku wa kane tariki ya 08 Gicurasi 2025 cyateguwe na Mukunwa River side ku bufatanye na DDstudio imaze kumneyekana cyane mu mujyi wa Kigali mu bikorwa byo gufata amafoto n’amashusho byiza cyane .
Mu kiganiro kigufi AHUPA RADIO yagiranye númwe mu bari gutegura icyo gitaramo yadutanagarije ko nyuma yo kubona uruganda rw’urwenya rumaze gukura cyane hano mu Rwanda cyane cyane muri Kigali ubuyobozi bwa Mukungwa River Side ku bufatanye na DD Studio bifuje gutegura igitaramo cy’urwenya mu mujyi wa Musanze kugira babataramire kabone ko urwenya ruri mu bintu bituma abantu baruhuka mu mutwe akaba ariyo mpamvu nahose kuzakora kuri uriya musni kandi bakazabanira abanyarwenya baknuzwe cyane muri iyi minsi hano mu Rwanda .
Uretse abo banyarwenya kandi n’abakunzi ba muzika ntago babibagiwe abo banyarwenya bazaba bari kumwe n’umuraperi bakunda cyane mu njyana ya Kinyatrap ariwe Bushai nawe uzaza kubasusurutsa bigashyira kera .
Iki gitaramo cy’urwenya biteganyijwe ko kizaba kuri uyu wa Kane tariki ya 08 Gicurasi 2025 kikazabera kuri Mukungwa River Side aho kwinjira bizab ari ibihumbi 5000Frw na 10.000Frw mu myanya y’icyuahiro kandi uziataira we akaza atazagira ikibzo cy’icyaka cyangwa inzara kuko bazaba bateguriwe buri kintu cyos bifuza