SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: #Kwibuka31: Munyakazi Sadate yibukije Abanyarwanda umukoro bafite muri ibi bihe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > #Kwibuka31: Munyakazi Sadate yibukije Abanyarwanda umukoro bafite muri ibi bihe
Andi makuru

#Kwibuka31: Munyakazi Sadate yibukije Abanyarwanda umukoro bafite muri ibi bihe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/04/10 at 3:38 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Uwigeze kuyobora Rayon Sports akaba na Rwiyemezamirimo, Munyakazi Sadate, yibukije Abanyarwanda ko muri gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ari igihe cyiza cyo kurushaho kwamagana Ingengabitetekerezo ya Jenoside.

Mu gihe Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda, batangiye iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, abatandukanye bakomeje gutanga ubutumwa bunyuranye ariko bwiganjemo ubw’ihumure.

Sadate Munyakazi nk’abandi Banyarwanda bose, yatanze ubutumwa bukubiyemo umukoro wa buri Munyarwanda aho ari hose ku Isi.

Ati “Uyu munsi ni umukoro ukomeye cyane nk’Abanyarwanda kugira ngo twumve ko ayo mateka mabi tugomba kugira uruhare rukomeye rwo kuyahindura.”

Yakomeje agira ati “Tuzayahindura twubatse Ubumwe nk’Abanyarwanda, tukamagana Ingengabitekerezo ya Jenoside kandi tugaharanira ko ibyabaye bitazongera ukundi.”

Iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, itangira tariki ya 7 Mata ikarangira tariki ya 13 Nyakanga buri mwaka.

 

You Might Also Like

Edgar Lungu wahoze ayobora Zambia yitabye imana ku myaka 68

AFC/M23 yahagamagaje intumwa zayo zari mu biganiro I Doha Muri Qatar

Perezida Trump yakuyeho visa ku bihugu 12 birimo ibibazo by’ umutekano muke

Polisi y’igihugu yataye muri yombi abakekwaho ubujura 21 mu majyepfo

Urukiko rwateye utwatsi ikirego Rusesabagina aregamo kompanyi ya Gainjet yamuzanye mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul April 10, 2025 April 9, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Ba ofisiye biga mu Ishuri rikuru rya Polisi bari mu rugendoshuri mu Misiri

April 30, 2025
Imyidagaduro

Bebe cool yongeye gukora mu ijisho Bobi wine

May 27, 2024
Imikino

Général wayoboraga Kiyovu Sports yamanitse amaboko

January 31, 2024
Imyidagaduro

Umunyarwenya wamamaye ku rubuga rwa TikTok nka 2Pac yitabye Imana

March 31, 2023
Andi makuru

Perezida wa Sunrise FC yavuze ko bari bibeshye k’umutoza!

November 6, 2023
Imyidagaduro

Kate Bashabe yakebuye urubyiruko rutukana ku babyeyi

April 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?