SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yagiranye ikiganiro na mugenzi we wa Senegal Bassirou Diomaye Faye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame yagiranye ikiganiro na mugenzi we wa Senegal Bassirou Diomaye Faye
Andi makuru

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro na mugenzi we wa Senegal Bassirou Diomaye Faye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/03/28 at 8:00 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki 27 Werurwe 2025, Perezida Kagame na mugenzi  we Sénégal Bassirou Diomaye Faye , bagiranye ikiganiro kuri Telefoni cyibanze ku gutanga umusanzu wo kugarura amahoro mu Karere.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko Abakuru b’ibihugu banaganiriye ku butwererane bw’ibihugu byombi bukomeye kandi butanga umusaruro hagati y’u Rwanda na Senegal.

Aba bayobozi  baherukaga kuganira mu kwezi kwa Gashyantare uyu mwaka, aho baganiriye ku kamaro k’ubufatanye bw’ibihugu bya Afurika mu gushaka ibisubizo birambye ku bibazo by’umutekano, bikunze kwibasira ibihugu byo kuri uyu Mugabane.

Ibihugu byombi bisanzwe bifitanye umubano mwiza, ushimangirwa n’ingendo zagiye zikorwa hagati y’abakuru b’ibihugu ndetse n’abandi bayobozi muri Guverinoma.
Mu kwezi kwa Gicurasi, 2024, Perezida Kagame yasuye Sénégal ndetse agirana ibiganiro na Perezida Faye. Muri Kamena uwo mwaka, abakuru b’ibihugu bongeye guhurira mu Bufaransa, nabwo bagirana ibiganiro.
Kuva mu 2016, RwandAir yerekeje amaso muri Afurika y’Iburengerazuba aho ikorera ingendo mu mijyi myinshi irimo Cotonou, Abidjan, Douala, Dakar [aho igana kuva mu 2017] n’ahandi.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul March 28, 2025 March 27, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Ibyishimo ni byose ku bamotari nyuma yo kugabanyirizwa amande bacibwaga

April 30, 2025
Andi makuru

Burundi: Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe agiye kujyanwa mu bushinjacyaha

April 27, 2023
Andi makuru

#Kwibuka 30 : Menya ibyaranze tariki ya 7 Mata ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yatangiraga

April 7, 2024
Imikino

U Rwanda rw’abatarengeje imyaka 13 na 11 ruzakina na Brazil ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi gitegurwa na PSG

June 5, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora FPR Inkotanyi muri manda y’Imyaka 5

April 2, 2023
Imikino

Cheptegei wari umukinnyi wo gusiganwa ku maguru yitabye Imana

September 5, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?