SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bwiza mu byishimo byinshi nyuma y’uko igitabo kimwemerera gusoza icyiciro cya 2 cya Kaminuza cyemewe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bwiza mu byishimo byinshi nyuma y’uko igitabo kimwemerera gusoza icyiciro cya 2 cya Kaminuza cyemewe
Imyidagaduro

Bwiza mu byishimo byinshi nyuma y’uko igitabo kimwemerera gusoza icyiciro cya 2 cya Kaminuza cyemewe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/02/21 at 11:50 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

 Umuhanzikazi Bwiza Emerence ukunzwe cyane nka Bwiza ku izina  ry’ubuhanzi ari  mu byishimo byinshi  nyuma yahoo  igitabo gikubiyemo  ubushakashatsi yakoze mbere yuko asoza amasomo y’icyiciro cya kabiri cya Kaminuza cyemewe n’abarimu bamwigishije .

Bwiza  uri  kwitegura kumurika alubumu ye ya kabiri  yise  ’25 Shades’agiye kurangiza amasomo ye  kaminuza ya Mount Kigali University’ aho yigaga ibijyanye n’ubukerarugendo no kwakira abantu (Hospitality and tourism management).

Iki gitabo Bwiza kirimo ubushakashatsi yakoze ku buryo serivisi zo muri hoteli mu Rwanda ku biribwa n’ibinyobwa zirushaho kumenyekanisha ubwiza bw’amafunguro aboneka mu Rwanda.

Iyi album Bwiza ateganya kuyimurikira mu Bubiligi mu gitaramo azahuriramo n’abarimo The Ben na DJ Toxxyk ku wa 8 Werurwe 2025.

Bwiza yamuritse iki gitabo ku munsi ari mu bagomba kugaragara ku rubyiniro  rumwe  na John Legend na Dj Toxxyk mu gitaramo gikomeye cya ‘Move Afrika’ mu ijoro ryo ku wa 21 Gashyantare 2025 muri BK Arena.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul February 21, 2025 February 21, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Augustin Patata Ponyo wabaye Minisitiri wa RDC yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato

May 21, 2025
Imyidagaduro

Niyonizera Judith yamaze kubona gatanya ye na Safi Madiba

April 26, 2023
Andi makuru

APR FC izahura na Rayon Sport ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro nyuma yo gutsinda Police Fc (Amafoto)

April 30, 2025
Imyidagaduro

Itorero Inyamibwa ryateguje igitaramo cy’amateka cyatwaye arenga miliyoni 80

March 13, 2025
Andi makuru

Urukiko rwahagaritse icyemezo cya Guverinoma cyo gutiza ikibuga cy’indege

September 11, 2024
Imikino

Icyo imibare ivuga kuri Tour du Rwanda 2024

February 17, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?