SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Tiwa Savage yagiriye Inama abagore bata abagabo babo bakurikiye imitungo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Tiwa Savage yagiriye Inama abagore bata abagabo babo bakurikiye imitungo
Imyidagaduro

Tiwa Savage yagiriye Inama abagore bata abagabo babo bakurikiye imitungo

Gossip Kigali
Gossip Kigali Published January 30, 2025
Share
SHARE

Umuhanzikazi ukomeye muri Nigeria, Tiwa Savage, yahishuye ko yicuza kuba yaratandukanye n’uwahoze ari umugabo we agatangira umubano n’undi mugabo, ndetse agatuma umuhungu we abura amahirwe yo kubana n’ababyeyi be bombi.

Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na kimwe mu bitangazamakuru byo muri Nigeria, yavuze ko yicuza iki cyemezo yafashe.

Ati “Natumye umugabo wanjye yumva atari umugabo kuko natangiye gukundana n’undi mugabo. Ndacyakunda umugabo wanjye kandi nzi ko namugiriye nabi ariko ndashaka gukora ibintu neza no gusubirana na we”.

Yagiriye inama abandi bagore, ababwira ko badakwiye gusiga abagabo babo ngo bajye kubana n’undi mugabo wabizeza ibitangaza.

Yagize ati “Bagore bakundwa, ntugasige umugabo wawe ngo usange undi mugabo, cyangwa uzicuze ubuzima bwawe bwose. lyo nza kubimenya mbere, ntabwo nari kuba meze gutya.”

Uyu muhanzikazi mbere yashakanye na Tunji uzwi cyane ku izina rya ’Tee Billz Balogun’ mu 2013 maze batandukana mu 2016 nyuma yo gushukwa n’umukire utaravuzwe izina, babyarana umuhungu umwe witwa Jamil Balogun.

You Might Also Like

Umunyamakurukazi Mugire Bianca mu gahinda ko kwibirwa Imodoka ye Mu rugo iwe

Nyuma y’Abarimo Ariel Wayz,Juno Kizigenza ,Kevin Kade na Nel Ngabo Kivumbi yongerewe mu bazaririmba mu bitaramo bya Mtn Iwacu na Muzika

R Kelly yahishuye ko ubuzima bwe bugeramiwe muri Gereza afungiyemo

Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko

King James yahishuye ko azakora ibitaramo byinshi ubwo azaba yizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

Gossip Kigali January 30, 2025 January 30, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Maj Gen Nyakarundi yagiranye ibiganiro n’Ingabo z’u Rwanza ziri muri Minusca

August 5, 2024
Imikino

Abakinnyi ba Argentine bababajwe nábafana bakubiswe na polisi ya Brésil!

November 22, 2023
Imyidagaduro

Umunyamakuru Ismaël Mwanafunzi agiye kurushinga n’umunyamakurukazi Mahoro Claudine

May 22, 2023
Andi makuru

Abanyamerika batatu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi muri DRC bagabanyirijwe ibihano na Tshisekedi

April 2, 2025
Andi makuru

Liberia : Prince Johnson wahoze ari umukuru w’inyeshyamba yitabye Imana

November 29, 2024
Ubuzima

Uruganda rwa SKOL rwatanze ubwisungane mu kwivuza ku miryango 185

November 2, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?