SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abasirikare bihinduje igitsina bajyanye Perezida Trump mu nkiko
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Abasirikare bihinduje igitsina bajyanye Perezida Trump mu nkiko
Andi makuru

Abasirikare bihinduje igitsina bajyanye Perezida Trump mu nkiko

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published January 30, 2025
Share
SHARE

Nyuma y’iminsi icumi gusa Perezida Donald Trump arahiriye kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika agatangira gusinya amategeko atari kuvugwaho rumwe aho kugeza ubu abasirikare bihiduje igitsina bamujyanye batanze ikirego ku cyemezo cyo kubuza abantu bihinduje igitsina kwinjira mu gisirikare cya Amerika.

Uretse iteka Perezida Trump aherutse gushyiraho ryabuzaga ababana bahuje ibitsina kujya mu gisirikare ,ubwo yinjiraga mu biro bye nyuma y’amasaha makeya araiye yahise ashyiraho iri tegeko ritari kuvugwaho rumwe mu gisirikare cy’Amerika

Iri teka rivuga ko Guverinoma y’Amerika yemerera ibitsina bibiri gusa kujya mu gisirikare cy’Amerika aribyo abagabo n’abagore .

Mu ntangiriro z’iki cyumweru kuri uyu wa kabiri tariki 28 Mutarama 2025 ibigo bibiri bikomeye biharanira uburengazira bw’ababana bahuje ibitsina bya LGBTQ byatanze ikirego mu izina ry’abasirikare batandatu bihinduje ibitsina ndetse n’abandi bashakaga kwinjira mu gisirikare bakabyangira kugira bareba uko iryo teka rya Perezida Trump ryahagarikwa .

Ibi bije nyuma yaho ubuyobozi bushya bwa Trump buvuga ko bwifuza abantu bashobora kwihanganira ibyifuzi bikomeye by’umubiri wa muntu ,bukamoeza buvuga ko kubera ko abantu bihinduje igitsina baba barabazwe bikabasaba ko umubiri wabo igihe kinini basabwa gufata imiti ibagiraho ingaruka nkizi biyobyabwenge buri gihe .

You Might Also Like

Burundi :Ishyaka CNDD –FDD rya Ndayishimiye ryegukanye imyanya yose mu nteko ishinga amategeko

Trump yatangaje ko yatunguwe n’ibibazo byabaye hagati ye na Elon Musk

Minisitiri Nduhungirehe Olivier aranenga abayobozi bakomeje gusakaza amakuru ashobora guhungabanya amasezerano hagati na RDC

Elon Musk akomeje kwicuza icyamuteye kugirana ibibazo na Donald Trump

Minisitiri Constant Mutamba yongeye guterana amagambo n’umushinjacyaha mukuru

Nsanzabera Jean Paul January 30, 2025 January 30, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Zari yunamiye uwari umugabo we Ivan Ssemwanga

December 14, 2023
Imyidagaduro

Umuraperikazi Cardi B yanyomoje amakuru avuga ko atwite

January 30, 2025
Imikino

Cristiano Ronaldo yashegeshwe n’urupfu rwa Pele

December 30, 2022
Imyidagaduro

Danny Vumbi yakoreye i Musanze igitaramo cyo kumvisha abakunzi be alubumu ye yise 365

February 12, 2023
Andi makuru

#Kwibuka31:Minisitiri Bizimana yahishuye ko iyo abakoloni bataza mu Rwanda nta Jenoside yari kubaho

April 6, 2025
Utuntu n'utundi

M 23 ikomeje kwigwizaho intwaro zikomeye yambuye Ingabo za FARDC

October 25, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?