SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umugore wo muri Nijeriya yakwepye umugabo we ku munsi w’ubukwe bwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Umugore wo muri Nijeriya yakwepye umugabo we ku munsi w’ubukwe bwe
Andi makuru

Umugore wo muri Nijeriya yakwepye umugabo we ku munsi w’ubukwe bwe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/01/07 at 11:07 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umugore  witwa Nansik Dashe wari utegerejwe n’imiryango n’inshuti mu birori by’ubukwe bwe yatorotse umunsi umwe mbere y’ubukwe bwe mu karere ka Plateau mu gihugu cya Nigeria.

Ubukwe bwa Nansik Dashe na Kapnan Daniel Ventur bwari buteganyijwe kuba ku wa 27 Ukuboza 2024 mu rusengero rwa COCIN LCC, NIMTIM, PIL Gani.

Amakuru aturuka ku bantu ba hafi b’uyu mugeni avuga ko Dashe yaburiwe irengero ku wa 26 Ukuboza, nyuma yo kugira ubwoba bwo gukora ubukwe aho yahise asiga umugabo we n’imiryango yabo bari gutegura ibirori.

Bivugwa ko kugeza ubu aho aherereye hataramenyekana ndetse nta makuru ajyanye n’ubukwe cyangwa amafoto y’ibirori yari yajya ahagaragara ku mbuga nkoranyambaga z’umugabo, inshuti, cyangwa imiryango yabo.

Ibi byabaye byateye ibibazo mu miryango yombi dore ko bari biteguye ibirori byuzuye ibyishimo n’umunezero.

Nta makuru yandi aratangazwa ku cyatumye uyu mugeni afata icyemezo cyo kwigendera mu buryo butunguranye.

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul January 7, 2025 January 7, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

TMC wahoze muri Deam Boys yatunguwe n’abahanzi nyarwanda baba muri Amerika kw’isabukuru ye

September 26, 2023
Andi makuru

Colonel Kazarama yasubiye muri M23

July 29, 2024
Iyobokamana

Chorale Christus Regnat yahembuye imitima y’abitabiriye igitaramo cyabo (Amafoto)

November 20, 2023
Imyidagaduro

Urubanza rwa Prince Kid rugiye kongera gusubukurwa

September 14, 2023
Imikino

Ikipe ya Rayon Sports yanyagiye Mukura, Naho APR FC ikura amanota 3 i Ngoma bigoranye

November 4, 2023
Imyidagaduro

Spice Diana yahishuye ko adafite gahunda yo kubyara vuba

March 27, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?