SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Riderman na Bushali binjije abantu mu byishimo bya noheli muri the Office Lounge
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Riderman na Bushali binjije abantu mu byishimo bya noheli muri the Office Lounge
Imyidagaduro

Riderman na Bushali binjije abantu mu byishimo bya noheli muri the Office Lounge

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/26 at 2:21 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mu gihe isi yose ndetse n’abanyarwanda bizihizaga isabukuru y’ivuka ry’umwana w’Imana Yezu kristu abahanzi Riderman na Bushali bataramiye benshi mu gitaramo cyo kwizihiza Noheli nziza.

Icyo gitaramo cyabereye muri The Office Lounge ahahoze kwa kwa Jules byari byitabiriwe na Erifmc Semuhungu na Dj Caspi biyobowe na Mc Nario usanzwe umenyerewe mu gusangiza amagambo mu bitaramo

Bushali ubwo yahamagarwa ku rubyiniro yaririmbye indirimbo ze zose abari bitabiriye bararabyina bishishimisha benshi nubwo yari avuye mu rugendo ingufu yagaragaje zari ziri hejuru cyane.

Gatsinzi Emery ukunzwe nka Riderman yishimiye kwishimana na banyarwanda anashimira The Office Lounge ku ruhare igira
mu guteza imbere umuziki nyarwanda

Ku ruhande rwa the office lounge Vj Mupenzi yadutangarije ko byari ibyishimo bikomeye kwizihizanya Noheli nziza n’abahanzi

Umuyobozi wa the Office Vj Mupenzi yadutangarije ko muri ibi bihe byo kwizihiza iminsi mikuru myiza aribyo byatumye bategura ibi bitaramo kandi bazakomeza guteza imbere muzika nyarwanda.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul December 26, 2024 December 26, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umubyeyi wa P Diddy ararembye bikomeye

July 12, 2024
Andi makuru

#Kwibuka31: Intumwa yihariye ya Donald Trump yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

April 9, 2025
Imyidagaduro

Edouce yashyize hanze Ep yise Genesis ivuga ku mateka y’ubuzima bwe

January 22, 2024
Andi makuru

Eddie Mutwe ushinzwe umutekano wa Bobi Wine yagejejwe mu rukiko ashijwa ubujura

May 6, 2025
Imyidagaduro

Indirimbo Best Friend yasibwe kuri youtube n’abantu bataramenyekana

November 28, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yagiriye uruziduko rw’akazi muri Angola

March 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?