SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Museveni yiyemeje gutanga ibishoboka byose Jose Chameleon akavurwa
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Perezida Museveni yiyemeje gutanga ibishoboka byose Jose Chameleon akavurwa
Imyidagaduro

Perezida Museveni yiyemeje gutanga ibishoboka byose Jose Chameleon akavurwa

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/20 at 4:00 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Perezida  Yoweri  Kaguta Museveni  yemeye  gutanga ubufasha bwose bushoboka kugira  ngo umuhanzi Jose Chameleon Mayanja azavurirwe muri Leta zunze ubumwe z’Amerika  nkuko bamwe mu bafana be bari gukora igikorwa nkicyo ngo uyu muhanzi avurwe .

Ibi byatangajwe na Hon Barugahara Attenyi usanzwe afitanye umubano mwiza ya Jose Chameleon,yavuze ko Perezida muri iyi  minsi ahangayikishijwe n’uburwayi uyu muhanzi afite kugira ngo abashe gukomeza gutanga umusanzu  mu  guteza imbere  uruganda  rw’imyidagaduro  muri icyo gihugu.

Ibi nibyo byatumye ibiro  by’umukuru w’Igihugu muri Uganda byemeje ko aribyo bizatanga ibintu byose bizakenerwa kugira  uyu muhanzi ajye kuvurirwa muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika .

Yagize ati “Perezida Museveni ashaka kubona  Chameleone  abaho igihe  kirekire  agakomeza gutanga umusanzu  we mu ruganda rw’Imyidagaduro muri Uganda ,Ibi  bivuzwe mu gihe umuherwe kazi hariya  muri Uganda  Juliet Zawedde nawe yari  yemeye ko  azishyura amatike  y’indege  yoze azamugeza aho agomba kuvurira muri Amerika .

Biteganyijwe ko  mu cyumweru gitaha  aribwo Jose chameleon na Murumuna we  Weasal Manizzo aribwo bazerekez muri Leta  zunze ubumwe z’amerika mu bitaro  bya Allina Health Mercy Hospital aho azahabwa ubuvuzi bwisumbuye  kubwo yahabwaga muri bitaro muri Uganda .

Jose Chameleon arembejwe n’uburwayi bw’Impindura  yatewe  no  gukoresha ibiyobyabwenge byinshi aho aherutse kubwira n’abaganga ko nakomeza kunywa ibiyobyabwenge ashobora kutazarenza imyaka ibiri akiri mu buzima bwa muntu .

Ubu  burwayi  bwa Jose Chameleon bwatumye asubika  ibitaramo byose yari afite muri iyi minsi mikuru ya Noheli n’ubunani harimo n’icyo yagombaga gukorera  mu Rwanda  tariki ya 03 Mutarama 2024

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul December 20, 2024 December 20, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Bobi Wine yishimiye intsinzi ya Donald Trump yizera ko azamufasha Museveni

November 7, 2024
Imyidagaduro

Kim Kardashian yasezeranyije abagabo babiri b’abatinganyi

April 28, 2023
Andi makuru

M23 Ikomeje kwigarurira imigi itandukanye muri Kivu y’amajyepfo

January 20, 2025
Imyidagaduro

Bien Aimé yageze i Kigali yakirwa na Bruce Melodie n’Ubuyobozi bwa 1:55 AM

August 27, 2024
Andi makuru

Umuramyi Dufashwanayo Jeanne yifuza kuzatera ikirenge mu cya Liliane Kabaganza.

July 11, 2024
Andi makuru

Perezida Donald Trump yijeje amakuru meza hagati y’u Rwanda na DRC

April 29, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?