SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Juliana Kanyomozi yasabye abakunzi be kuzitabira igitaramo cya The Ben
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Juliana Kanyomozi yasabye abakunzi be kuzitabira igitaramo cya The Ben
Imyidagaduro

Juliana Kanyomozi yasabye abakunzi be kuzitabira igitaramo cya The Ben

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/17 at 10:24 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umunyamuziki  w’umugandekazi Juliana Kanyomozi  uri mu  bagora bakoze amateka kandi bakunzwe   hano mu karere ka afurika y’iburasirazuba nyuma yo kubona ko The Ben agiye kumurika alubumu  ye yise  ” Plenty Love ” yasabye abakunzi be kuzitabira ku bwinshi icyo  gitaramo

Mu mashusho yashyize hanze, Kanyomozi yabwiye abafana be n’abakunzi b’umuziki kuzitabira iki gitaramo. Muri ubu butumwa bwe yumvikanishije mu buryo bw’amarenga ko azatangira umwaka mu Rwanda mu gitaramo cya The Ben.

Ati: “The Ben abafitiye igitaramo tariki 1 Mutarama 2025, muzamushyigikire. Kizabera muri BK Arena. Reka, twese tuzabe duhari tumwereke urukundo. Ndabakunda.”

Nta ndirimbo n’imwe uyu mugore yigeze akorana na The Ben. Ariko basanzwe ari inshuti z’akadasohoka, ndetse yamamaye cyane mu ndirimbo zirimo nka ‘Usiende Mbali’ yakoranye na Bushoke, ‘Haturudi Nyuma’ yakoranye na Kidum, ‘Mama Mbiire’ yahuriyemo na Bobby Wine na Mister Acacio Noia n’izindi.

Julian Kanyomozi ni umuhanzikazi w’umukinnyi wa flime akaba n’umushyushyarugamba. Ni umwe mu begukanye ibikombe bikomeye mu gihugu cya Uganda, ndetse akora ibihangano byubakiye cyane ku njyana ya R&B ndetse na Afro Beat.

Uyu mugore w’imyaka 44 y’amavuko, ni we wa mbere wegukanye ibihembo bya ‘Pearl of Africa Music Awards’. Ndetse, mu 2008, ari mu bakinnyi muri filime ‘Henry Ssali’s Kiwani’ yamamaye mu buryo bukomeye.

Ni umwe mu bari mu Kanama Nkemurampaka k’irushanwa Tusker Project Fame ryazamuye abahanzi benshi barimo na Alpha Rwiragira usigaye akorera umuziki mu gihugu cya Canada.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul December 17, 2024 December 17, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

#Kwibuka31 : Seburikoko yatangaje ko sinema ari inzira nziza yo kwiga amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

April 11, 2025
Andi makuru

Airtel Rwanda yatangije uburyo bushya bwa 4G (VoLTE).

November 19, 2024
Andi makuru

Ifi yitwa Hvaldimir bikekwa ko ari intasi z’abarusiya yabonywe muri Norvege

May 31, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abagize Guverinoma nshya

August 19, 2024
Imikino

Abakinnyi ba Argentine bababajwe nábafana bakubiswe na polisi ya Brésil!

November 22, 2023
Iyobokamana

Ishimwe Josh wakuranye inzozi zo kuzaba umuramyi ukomeye yijeje abanyarwanda igitaramo kinogeye amaso

August 18, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?