SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Ruto nyuma yo guhura naba Guverineri yemeye ibyo ibyo asabwa
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Ruto nyuma yo guhura naba Guverineri yemeye ibyo ibyo asabwa
Andi makuru

Perezida Ruto nyuma yo guhura naba Guverineri yemeye ibyo ibyo asabwa

Ahupa Radio
Last updated: 2024/12/17 at 10:57 AM
Ahupa Radio
Share
2 Min Read
SHARE

Kuri iki cyumweru, Perezida William Ruto yatangaje ko imirimo y’ingenzi yari intandaro y’amakimbirane hagati y’intara na guverinoma y’igihugu izimurirwa ku mugaragaro mu matsinda yegerejwe abaturage .

Ibi  Perezida Ruto  yabitangaje kuri  uyu wa mbere  tariki ya 16 Ukuboza 2024 mu nama ya 11 uhuriweho  n’abagize Guverinomoa na ba Guverineri b’Intara  , inama yabereye mu biro bya Perezida Ruto I Nairobi ayo yatangaje  ko imiromo imwe  n’Imwe igiye kwimurwa  bitarenze  ku wa  gatanu w’iki cyumweru

Umukuru w’igihugu  yategetse ko hashyiraho  Komite  Tekinike izahuriza hamwe abayobozi muri Guverinoma n’ab’Intara  bose  gufatanya  bakamenya amafaranga akenewe kugiira  ko imirimo yose  isigaye  yimurwe byihuse

Ruto yagize ati “Namenyeshejwe n’umushinjacyaha mukuru (AG) ko kuri uyu wa gatanu, imirimo yamaze kumvikanaho izashyirwa mu kinyamakuru kandi ikoherezwa mu ntara.”

Yakomeje avuga ko kugira ngo  byose bishoboke bagomba kubanza kurangiza  ihererekanyabubasha ry’Imirimo yose mu buyobozi bw’Intara bidatinze .

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Darubini News  kivuga ko mu Itegeko Nshinga rya Kenya, hari imirimo 14 yatanzwe.  Muriyo harimo;  Ubuhinzi, Serivisi ishinzwe ubuzima mu Ntara, kurwanya umwanda, ibikorwa by’umuco n’imyidagaduro, hamwe n’ubwikorezi bwo mu Ntara.

Ibindi  birimo nko  Kugenzura inyamaswa n’imibereho myiza, iterambere ry’ubucuruzi, igenamigambi ry’intara, amashuri abanza, ibikorwa rusange na serivisi by’intara, hamwe na serivisi ishinzwe kuzimya umuriro no gucunga ibiza.

Perezida Ruto yavuze  kandi ko anejejwe no kubamenyesha ko komite ishinzwe tekinike ya guverinoma ihuriweho na Leta z’Intara zose  aarangije guhuza no guhererekanya imirimo bijyanye n’amabwiriza yazo  umwaka ushize. ”

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Ahupa Radio December 17, 2024 December 16, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Dana Morey, Theo Bosebabireba na Rose Muhando bagiye kongera gutaramira Abarundi

September 8, 2023
Imikino

Stade Amahoro izakinirwaho imikino 2 gusa ya shampiyona 2024 2025

July 9, 2024
Andi makuruUbukungu

Umwihariko wa Sunday Brunch muri La Creola Restaurant & Lounge

January 19, 2024
Imyidagaduro

Niyonzima Haruna yakiriwe nk’umwami mu ikipe ya Al Ta’awon

January 19, 2023
Imyidagaduro

Sengabo Jodas yatangaje byinshi kuri Alubumu ye yise Bene u Rwanda

January 24, 2023
Andi makuru

Perezida Joe Biden yashyizwe mu kato nyuma yo kwandura COVID -19

July 18, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?