SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Mc Glizzy arasaba abafite bahuriye n’umuziki kwibuka abahanzi bakiri kuzamuka
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Mc Glizzy arasaba abafite bahuriye n’umuziki kwibuka abahanzi bakiri kuzamuka
Imyidagaduro

Umuhanzi Mc Glizzy arasaba abafite bahuriye n’umuziki kwibuka abahanzi bakiri kuzamuka

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/02 at 6:28 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi  Byiringiro  Janvier  umaze kumenyekana cyane nka Mc Glizzy ni umusore  umaze  kwigaragaza  muri iyi minsi  mu bujyanye no  kuba Mc ndetse na Dj Muri tumwe  mu tubyiniro dutandukanye hano mu mujyi wa Kigali akomeje  gusab abafite aho bahuriye n’umuziki gufasha abahanzi bakizamuka kuko bahura  n’imbogamizi nyinshi.

Uyu  musore  utarama igihe kinini  cyane yinjiye mu muziki kabone ko yaje akora injya ya Afro Beat ibi yabidutangarije mu kiganiro kigufi  yagiranye n’umunyamakuru wacu yagize ati” urabona abahanzi tukizamuka  muri ibi bihe duhura  n’imbogamizi nyinshi cyane aho kubera ubushobzoi buba bukire buke  usanga  kugira ngo indirimbo irangire  ijye hanze  biba bisaba ubushobozi bwinshi  kandi  nta bajyanama (Management ) idufasha iyo akab ariyo mbogamizi ya mbere  duhura nayo iyo tucyinjira  mu muziki.

Ikindi cya Kabiri yavuze nuko uyu muziki dukora usaba kuwa  uwukunda cyane  kuko iyo  ucitese integer  ntaho ushobora kugera nubwo uhenze cyane kandi urimo ivune nyinshi nkaho ujyana indirimbo kuri Radiyo cyangwa  kuri Televiziyo nabyo bikagusaba ubushobozi bw’amafaranga kandi aribyo  ugitangira .

Mc Glizzy yasabye abakunzi ba Muzika nyarwanda ko nabo baba abategura ibitaramo cyangwa abanda bafite aho bahuriye n’imyidagaduro ko babumva bakaba amatwi bakabashyigikira  kuko nabo bifuza kugeza  umuzika nyarwanda kure hashoboka

Mu gusoza  yashimiye abantu bose bakomeje kumuba hafi bareba indirimbo ye aheruka gushyira hanze yise Zoli abasaba gukomeza  kumuba hafi abizeza ko mu minsi ya vuba arashyira hanze izindi ndirimbo ari kubategurira

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul December 2, 2024 November 29, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Zoleka Mandela, umwuzukuru wa Nelson Mandela yitabye Imana azize Cancer

September 26, 2023
Imyidagaduro

Vestine na Dorcas bagiye gutaramira muri Canada

May 24, 2023
Andi makuru

Perezida Archange Touadéra akomeje gusabwa n’uburusiya gusinyana n’abandi bacanshuro

May 15, 2025
Imikino

Ubuyobozi bwa APR FC bwasezeye mu cyubahiro umutoza Darko Nović mu cyubahiro

May 15, 2025
Andi makuru

Papa Francis yicujije ku magambo yavuze ku bagabo baryamana bahuje ibitsina

May 29, 2024
Andi makuru

Ukraine yatangaje ko yiteguye gusubiza i Pyongyang abasirikare bayo yafashe

January 14, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?