Prince Johnson wahoze ari umwe mu bayoboye intambara zikomeye muri Liberia yitabye Imana ku wa kane tariki ya 28 Ugushyingo 2024 ku myaka 72 aguye mu bitaro bya Hope For Women muri Liberia
Kugeza ubu Impmavu zateye urupfu rwa Prince Johnson ntiziratangazwa kabone yari umuntu utavugwaho rumwe muri politike y’iki gihugu kubera uruhare uyu wabaye senateri yagize mu ntambara zayogoje Liberiya hagati ya 1989 na 2003.
Prince Johnson ni umwe mu bayobozi bakuru bayoboye igisirikare mu gihe cy’intambara y’abanegihugu aho yabanjye gufatanya na Charles Taylor waje kuba Perezida wa Liberiya ariko akaza guhamwa n’ibyaha byibasiye Inyokomuntu , gusa baje gutandukana ahungira muri Nigeriya ayo yabaye mu buhungiro imyaka 12
Nyuma yayo makimbirane yose Prince Johnson yabaye umusenateri ukomoka mu karere yavukiyemo ka Nimba aho yari umubwiriza mu itorero ry’ivugabutumwa kandi agakurikirwa n’abayoboke benshi bizerwa, akomeza gukundwa cyane kugeza ubu .
Uyu mugabo ufite umuryango, yaje gutaha muri Liberiya mu mwaka 2004 atangira kwigisha ibijyanye n’amahoro n’ubwiyunge ariko ntiyigeze agaraga na gato ko yicuza uruhare rwe mu ntamabara yayogoje icyo gihugu .
Prince Johnson ni umwe mu barwanyi Umunani Komisiyo ishinwe ukuri n’Ubwiyunge yashyizweho mu mwaka wa 2006 yasabye muri 2009 ko bauranishwa n’urukiko rwihariye ariko ishirwa mu bikorwa ry’ibyo byifuzo Arinze yitaba Imana byar
Umusenateri ni umwe mu barwanyi umunani komisiyo ishinzwe ukuri n’ubwiyunge yashyizweho mu 2006 yasabye mu 2009 kuburanishwa n’urukiko rwihariye. Ishyirwa mu bikorwa ry’ibi byifuzo riracyategerejwe.
Prince Johnson yari umwe mu barwanyaga cyane ishyirwaho ry’uru rukiko,avuga ko ari ukongera komora ibikomere bishaje ,yavugaga kandi ko gushyiraho urwo rukiko ari ugushakira igihIgikomangoma Johnson yari umwe mu barwanyaga cyane ishyirwaho ry’uru rukiko, akina ku kaga ko kongera gufungura ibikomere bishaje kandi atangaza ko gushyiraho urukiko nk’urwo “bishakira ibibazo igihugu”.