SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Element EléeeH yahembuye imitima y’inkumi z’I Kampala zimurundaho amashilingi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Element EléeeH yahembuye imitima y’inkumi z’I Kampala zimurundaho amashilingi
Imyidagaduro

Element EléeeH yahembuye imitima y’inkumi z’I Kampala zimurundaho amashilingi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/28 at 7:53 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi akaba  na Producer Mugisha  Robinson uzwi Element EléeeH usanzwe akorera mu nzua ifasha abahanzi  ya 1:55 AM nyuma yo  kumara iminsi  mu gihugu  cya Uganda aho yari afite  ibitaramo  bitandukanye  yakoze  mu mpera z’icyumweru gishize  mu kabyiniro ka Nomad kamwe mudukunze gusohokeramo abanyarwanda yongeye guhembura imitima y’abakunzi be  I kampala mu ijoro ryashize mu gitaramo cya  Comedy Store gitegura na Alex Muhangi .

Ubwo  iki gitaramo  cyari kigeze hagati ku mbuga nkoranyambaga  hasakajwe amashusho uyu musore ari ku rubyiniro inkumi z’abanyarwandakazi ziri kumurundaho amashilingi menshi  ubona ko bamwishimiye cyane

Element EléeeH yiyongereye  ku  bandi bahanzi ba banyarwanda bataramiye  mu gitaramo cya Comedy Store kiri mu bikunzwe cyane  mu gihugu  cya Uganda barimo The Ben ,Charly na Nina ndetse  na bandi batandukanye

Muri iki gitaramo Element EléeeH yahuriye ku rubyiniro n’ibyamamare  bikomeye  nka  Bebe Cool, Pastor Wilson Bugembe uzaba afatanyije na korali Stream of Life.

Uyu musore usanzwe yarubatse izina mu gutunganya indirimbo z’abandi bahanzi hano mu Rwanda  ndetse  na hano mu karere k’Afurika y’iburasirazuba , yaje kwinjira mu muziki kuri ubu amaze gukora eshatu zafashe imitima y’abakunzi b’umuziki.

Element EléeeH yahereye ku ndirimbo ‘Kashe’ akurikizaho ‘Fous de toi’ yahuriyemo n’abarimo Bruce Melodie na Ross Kana mbere y’uko asohora Milele aherutse gusohora mu minsi ishize.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul November 28, 2024 November 28, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Juno Kizigenza na Bwiza bamwe mu begukanye ibihembo muri Bright Generation Awards 2023

March 27, 2023
Imyidagaduro

Bwiza agiye gutaramira i Burayi mu gitaramo azahuriramo na Riderman na Christopher i Lyon

March 17, 2023
Andi makuru

Ishyaka CCM ryagennye Samia Suluhu nk’umukandida waryo mu matora azaba uyu mwaka

January 20, 2025
Imikino

Umutoza Seninga Innocent yabazwe Ikirenge nyuma yo kuvunikira mu myitozo

April 6, 2023
Imyidagaduro

Twitege iki ku buhuza bwa Macron mu kibazo cy’u Rwanda na RDC?

October 1, 2021
Imyidagaduro

Intambara y’amagambo irakomeje hagati ya Bobi wine na Gen Muhozzi

March 26, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?