SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Miss Muheto Divine na Polisi y’Igihugu bahakanye amakuru avuga ko yongeye gutabwa muri yombi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Miss Muheto Divine na Polisi y’Igihugu bahakanye amakuru avuga ko yongeye gutabwa muri yombi
Andi makuru

Miss Muheto Divine na Polisi y’Igihugu bahakanye amakuru avuga ko yongeye gutabwa muri yombi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/19 at 1:08 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

 

 

Muheto Nshuti Divine wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2022, yahakanye amakuru yiriwe acaracara ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2024 avuga ko yongeye gutabwa muri yombi.

Miss Muheto yatangaje ko nawe aya makuru yayabonye gutyo, ahamya ko adafunze ko ibivugwa ari ibihuha by’abatifuza ibyiza cyangwa se iterambere rye, yemeza ko ari amahoro kandi ko ashimira Imana.

Ati “Ndi amahoro, ndaho ndakomeye, ndashima Imana ni kuri, ndashima Imana rwose. Ntabwo mfuze ibyo bindi byose sinzi aho biri kuva, sinzi n’aho biri guturuka.

“Sinzi n’uwabizanye ariko byose ni ibihuha, ni ibihuha by’abantu bamwe na bamwe bataba bifuza ibyiza cyangwa iterambere ry’umuntu ariko ndi amahoro.”

Miss Muheto yari aherutse guhamwa n’ibyaha byo gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha no gutwara ikinyabiziga atabifitiye uruhushya, aho yahanishijwe igihano cy’igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe.

Si Miss Muheto gusa wahakanye ayo makuru kuko na Polisi y’Igihugu yatangaje ko ayo makuru  ari kuvugwa ari ibihuha kuko polisi itigeze imuta muri yombi  nanone

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul November 19, 2024 November 19, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Judith Niyonizera mu byishimo nyuma yo gusezerana n’umugabo we King (Amafoto)

May 15, 2025
Kwamamaza

Kaizen Hotel yatashye ku mugaragaro ibikorwa bishya birimo Gym na Sauna Massage (Amafoto)

June 1, 2024
Imyidagaduro

Kate Bashabe yakebuye urubyiruko rutukana ku babyeyi

April 25, 2025
Kwibuka

Urubyiruko rukoresha imbuga nkoranyambaga rwiyemeje kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside

June 17, 2024
Utuntu n'utundi

RDC: Urukiko rwemeje intsinzi ya Tshisekedi

January 10, 2024
Imyidagaduro

Uwicyeza Pamela yashimiye umugabo we The Ben nyuma yo kumuha imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover

September 26, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?