SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kevin Montana yasabye abakunzi b’umuziki guhora bishimye mu ndirimbo yise Zamuka (Video)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Kevin Montana yasabye abakunzi b’umuziki guhora bishimye mu ndirimbo yise Zamuka (Video)
Imyidagaduro

Kevin Montana yasabye abakunzi b’umuziki guhora bishimye mu ndirimbo yise Zamuka (Video)

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/01 at 8:07 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Gahima  Innoocent Uzwi nka  Kevin Montana nyuma yo gukorana indirimbo na Social Mula bise Sava tres Bien mu byumweru bibiri bishize yakoze mu njyana y’amapiano ashyira hanzi indi ndirimbo yise Zamuka

Iyi ndirimbo igiye hanze mu masaha abiri gusa ikoze mu buryo bukunzwe cyane bw’amapiano ikaba ifite iminota 3 n’amasegonda 46.

Mu kiganiro amaze guha AHUPA RADIO Kevin Montana ukomeje kuzamuka neza mu gihe gitoya amaze mu muziki yadutangarije byinshi kuri iyi ndirimbo byimbitse cyane .

Yagize ati ” Indirimbo Zamuka ni ndirimbo nakoze ngamije kubwira abakunzi ba muzika yanjye ko batagomba guheranwa n’agahinda kenshi kibasiye abantu muri iyi minsi kandi bakora ibintu byiza byatuma batera imbere .

Ibindi yadutangarije nuko ari indirimbo yakoze ashaka kugaragaza ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda n’ uburyo abanyarwanda igihe cyose bahora bishimye akaba ariyo mpamvu yayikoreye mu bice bitandukanye by’igihugu nko mu kiyaga cya Kivu no mu mugi wa kigali ndetse no hanze yarwo .

Indirimbo Zamuka mu buryo bw’amajwi yatunganyijwe na Knox Beat mu bisumizi studio naho amashusho akorwa na The Creator nawe ukomeje kwigaragaza neza mu gukora amashusho hano mu Rwanda

Reba amashusho y’indirimbo Zamuka Kevin Montana

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul November 1, 2024 November 1, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Ruto nyuma yo guhura naba Guverineri yemeye ibyo ibyo asabwa

December 16, 2024
Andi makuru

RIB yerekanye itsinda ry’abasore bibaga imodoka mu mujyi wa Kigali

September 17, 2024
Andi makuru

Inzibutso 4 za Jenoside yakorewe Abatutsi zashyizwe mu murage w’Isi na UNESCO

September 20, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi Jdk na Beata wamenyekanye muri Azabatsinda Kagame bashyize hanze indirimbo bise Ubudasa (Video )

October 9, 2024
Andi makuruUbuzima

ASFM2023 : Abitabiriye bamuritse ibikorwa byabo mu nama y’inzobere mu bimenyetso bya gihanga 

March 9, 2023
Imyidagaduro

Bwiza agiye kumurika alubumu ye ya mbere

January 24, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?