SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kevin Montana yasabye abakunzi b’umuziki guhora bishimye mu ndirimbo yise Zamuka (Video)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Kevin Montana yasabye abakunzi b’umuziki guhora bishimye mu ndirimbo yise Zamuka (Video)
Imyidagaduro

Kevin Montana yasabye abakunzi b’umuziki guhora bishimye mu ndirimbo yise Zamuka (Video)

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/01 at 8:07 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Gahima  Innoocent Uzwi nka  Kevin Montana nyuma yo gukorana indirimbo na Social Mula bise Sava tres Bien mu byumweru bibiri bishize yakoze mu njyana y’amapiano ashyira hanzi indi ndirimbo yise Zamuka

Iyi ndirimbo igiye hanze mu masaha abiri gusa ikoze mu buryo bukunzwe cyane bw’amapiano ikaba ifite iminota 3 n’amasegonda 46.

Mu kiganiro amaze guha AHUPA RADIO Kevin Montana ukomeje kuzamuka neza mu gihe gitoya amaze mu muziki yadutangarije byinshi kuri iyi ndirimbo byimbitse cyane .

Yagize ati ” Indirimbo Zamuka ni ndirimbo nakoze ngamije kubwira abakunzi ba muzika yanjye ko batagomba guheranwa n’agahinda kenshi kibasiye abantu muri iyi minsi kandi bakora ibintu byiza byatuma batera imbere .

Ibindi yadutangarije nuko ari indirimbo yakoze ashaka kugaragaza ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda n’ uburyo abanyarwanda igihe cyose bahora bishimye akaba ariyo mpamvu yayikoreye mu bice bitandukanye by’igihugu nko mu kiyaga cya Kivu no mu mugi wa kigali ndetse no hanze yarwo .

Indirimbo Zamuka mu buryo bw’amajwi yatunganyijwe na Knox Beat mu bisumizi studio naho amashusho akorwa na The Creator nawe ukomeje kwigaragaza neza mu gukora amashusho hano mu Rwanda

Reba amashusho y’indirimbo Zamuka Kevin Montana

 

You Might Also Like

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Rihanna na A$ap bagiye kwibaruka umwana wa gatatu

Nsanzabera Jean Paul November 1, 2024 November 1, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruUbukungu

Umwihariko wa Sunday Brunch muri La Creola Restaurant & Lounge

January 19, 2024
Imyidagaduro

Gisupusupu na Nyirarukundo bakeje Perezida Kagame mu ndirimbo bise ikipe Itsinda (Video )

June 18, 2024
Imyidagaduro

Itorero Ishyaka ry’Intore ryijeje abazitabira igitaramo Indirirarugamba ko bazataha banyuzwe

January 22, 2025
Andi makuru

Henri Konan Bédié wabaye Perezida wa Côte d’Ivoire yitabye Imana ku myaka 89

August 2, 2023
Andi makuru

Abanyarwenya Kigingi na Dr. Hilary Okello batumiwe mu gitaramo cyo kwizihiza imyaka ibiri ya Gen Z Comedy

March 1, 2024
Andi makuru

Corneille Nangaa wa AFC/M23 yashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi

February 6, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?