SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Alexander Lukashenko agiye kwiyamamariza manda ya 7
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Alexander Lukashenko agiye kwiyamamariza manda ya 7
Andi makuru

Alexander Lukashenko agiye kwiyamamariza manda ya 7

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/10/23 at 4:52 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Tariki ya 26 Mutarama 2025, abanya Belarus bazitabira amatora aho Perezida Alexander Lukashenko azaba yiyamamariza manda ya karindwi.

Kuri uyu wa Gatatu nibwo Komisiyo y’Amatora y’icyo gihugu yatangaje amatariki y’ibikorwa by’amatora ya Perezida.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka Lukashenko watangiye kuyobora Belarus mu 1994, yavuze ko aziyamamariza indi manda.

Lukashenko yaherukaga gutsinda manda ya gatandatu mu 2020.Uyu mugabo ni umwe mu nshuti zikomeye za Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin ndetse wakunze gushyigikira intambara icyo gihugu cyatangije kuri Ukraine.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul October 23, 2024 October 23, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruIyobokamana

Iyamuremye Serge n’umugore we Baritegura kwibaruka imfura yabo

September 19, 2023
Imyidagaduro

Producer Prince Kiiz yiyomoye kuri Country Records ajya gushinga iye studio

May 5, 2024
Imikino

Ishyirahamwe rya Ruhago muri Tanzania (TFF) ryirukanye Umutoza .

January 20, 2024
Imyidagaduro

Nyuma y’imyaka 3 bihembo bya Salax Awards bigiye kongera gutangwa na AHUPA

January 18, 2023
Andi makuru

Green Party yatoye abazayihagararira mu matora y’abadepite mu majyepfo

March 11, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Cheick Camara umuyobozi wa Service Now Africa

May 23, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?