SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mc Monday wamenyekanye mu ndirimbo inyoni yarindunze yagarurse mu muziki
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Mc Monday wamenyekanye mu ndirimbo inyoni yarindunze yagarurse mu muziki
Imyidagaduro

Mc Monday wamenyekanye mu ndirimbo inyoni yarindunze yagarurse mu muziki

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/10/22 at 2:05 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

MC Monday wari umaze imyaka 10 ateye umugongo uruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda, yamaze gusohora indirimbo nshya ndetse ahamya yongeye gusubukura ibikorwa bya muzika.

Ibi MC Monday yatangarije  umunyamkuru wacu  ubwo yahamuhamirizagaga ko yari yararetse umuziki kuko yabonaga bitameze neza ndetse ko agarutse kuko abona hari ibyamaze guhinduka.

Indirimbo nshya ya MC Monday yayise ‘The Guiding Light’ aho yavuze ko igitekerezo cyayo yagikuye ku buryo ibinyamakuru mpuzamahanga byavugaga inkuru z’u Rwanda cyane cyane mu bihe by’amatora.

Ati “Naricaye ndeba amakuru ari gutambuka mu binyamakuru bikomeye, bavuga nabi u Rwanda bagaragaza ko amatora yacu atabaye mu mucyo. Nk’umuhanzi wari uhari, nahise ngira igitekerezo cyo gukora indirimbo iri mu rurimi bumva, nanjye mbabwira ukuri guhabanye n’ibyo bavugaga.”

MC Monday ahamya ko ubu yongeye kugaruka mu muziki ndetse amaze iminsi akora kuri album ye nshya ateganya gusohora mu minsi iri imbere.

Mu 2014 nibwo MC Monday yatangaje ko asezeye ibijyanye n’umuziki, icyo gihe akaba yaravugaga ko abitewe n’impamvu ze bwite.

MC Monday waririmbye “Inyoni yaridunze”, “Gitanu”, “Oh Rayon” n’izindi, yahagaritse umuziki yari amaze gufungura sosiyete yise C4D inafite inzu itunganya umuziki. Kubera iyi mpamvu, akaba yaravugaga ko hari igice cyayo cyahise gifunga.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul October 22, 2024 October 22, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Kagame yasabye Abaminisitiri bashya kwisuzuma ku giti cyabo

August 19, 2024
Iyobokamana

Miss Nimwiza Meghan yakiriye agakiza abatizwa mu mazi menshi

May 29, 2024
Andi makuru

Guverinoma ya Israel igiye kujuririra ibirego ICC irega Benjamin Netanyahu

November 28, 2024
Imyidagaduro

Platin P.Riderman, Bull Dogg , Danny Nanone batumiwe mu iserukiramuco rya “Kivu Beach Festival Rubavu Nziza

August 26, 2024
Andi makuru

Abasirikare b’Abarundi bavuye mu butumwa muri somalia barishyuza imishahara y’amezi menshi

March 10, 2025
Andi makuru

Amahoro Industries Ltd ,KTN Rwanda na bandi benshi begukanye ibihembo bya KIMFEST Awards 2023 (Amafoto )

June 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?