SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: RDC : Abayobozi ba AFC/M23 bakatiwe urwo gupfa
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > RDC : Abayobozi ba AFC/M23 bakatiwe urwo gupfa
Andi makuru

RDC : Abayobozi ba AFC/M23 bakatiwe urwo gupfa

Ahupa Radio
Last updated: 2024/08/09 at 11:17 AM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Abayoboke n’abayobozi b’ihuriro AFC/M23 bakatiwe igihano cy’urupfu n’urukiko rwa gisirikare rwa Kinshasa nyuma yuko bahamijwe ibyaha birimo kugambana no gutera igihugu. Abakatiwe harimo Corneille Nangaa na Generali Makenga.

Ni urubanza rumaze igihe rubera mu mujyi wa Kinshasa, kuri uyu wa 08 Kanama 2024 abagera kuri 20 bakaba bahanishijwe igihano cy’urupfu harimo umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 [Corneille Nannga na Gen Makenga Sultan uyobora igisirikare cya M23].

Abakatiwe benshi ntibigeze bafatwa ngo bafungwe, bakaba biganjemo abasirikare bakuru ba M23   harimo Gen de Brigade Byamungu Bernard umwungirije, Lt Col Willy Ngoma uwuvugira na Colonel Vianney Kanyamuhanda Kazarama wigeze kuba umuvugizi wawo.

Harimo kandi umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka, umunyamakuru  Puruki Magloire uherutse  kwihuza n’uyu mutwe ndetse n’abandi.

Mu byaha baregwaga harimo  ibyaha by’intambara, kuba mu mutwe ugambiriye gukuraho ubutegetsi ndetse n’ubugambanyi. Ibi byaha bashinjwa bikorerwa muri kivu y’amajyaruguru, mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.

Nubwo abenshi mu bakatiwe batari bahari, Minisitiri w’ubutabera muri DRC, Constant Mutamba yavuze  ko abakatiwe bari gushakishwa, kandi  bagiye gushyirirwaho impapuro mpuzamahanga zo kubata  muri yombi.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Ahupa Radio August 9, 2024 August 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Abayobozi n’abakozi ba ADHI Ltd basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi (Amafoto )

April 19, 2023
Andi makuru

Igipolisi cy’u Rwanda n’icya Dubai byasinye amasezerano y’ubufatanye

March 8, 2024
Imyidagaduro

Riderman agiye gushyira hanze EP yise Umurwa w’ indwanyi azahuriramo na Fireman

April 28, 2025
Andi makuru

Umuhungu w’umuvugizi wa Putin ‘yagiye muri Wagner’ muri Ukraine

April 24, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yakoze Impinduka mu buyobozi bw’Igisirikari cya RDF

June 6, 2023
Imikino

Umuteramakofi John Cooney yitabye Imana ku myaka 28

February 10, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?