SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Agahinda mu muryango wa Mushikiwabo Louise nyuma y’urupfu rwa musaza we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Agahinda mu muryango wa Mushikiwabo Louise nyuma y’urupfu rwa musaza we
Andi makuru

Agahinda mu muryango wa Mushikiwabo Louise nyuma y’urupfu rwa musaza we

Ahupa Radio
Last updated: 2024/07/30 at 1:42 PM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Umunyarwandakazi Mushikiwabo Louise, yapfushije musaza we yakurikiraga ari na we yari asigaranye muri basaza be bose.

Ubutumwa Mushikiwabo yanyujije kuri X kuri uyu wa Mbere bwagiraga buti “Muri iki gitondo twabuze musaza wacu dukunda cyane, Wellars Kayiranga “karatéka”, yararwaye vuba aha ariko aroroherwa amera neza, twongera gupanga imihigo myinshi, ariko inzira y’ubuzima ntibwira umugenzi. Ku bana be n’umugore we: turahari! Ruhukira mu mahoro muvandimwe dukunda!”.

Amakuru yizewe dufite ni uko uyu muvandimwe wa Mushikiwabo ari we yari asigaranye akaba yabanzirizaga umuhererezi mu muryango bavukamo w’abana 10.

Nyakwigendera Kayiranga yari atuye ku Kabuye mu Mujyi wa Kigali ndetse yari asanganywe uburwayi.

Yitabye Imana nyuma y’undi musaza wa Mushikiwabo witabye Imana mu gihe cya Covid-19.

Nyuma y’ubutumwa bwa Mushikiwabo kuri X, Abanyarwanda b’ingeri zinyuranye bifatanyije na we mu kababaro bifuriza iruhuhuko ridashira nyakwigedera ndetse banakomeza umuryango n’abasigaye.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Ahupa Radio July 30, 2024 July 30, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Padiri Ntagungira yagizwe Umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare

August 12, 2024
Imyidagaduro

Kevin Kade yatumiwe mu gitaramo cya Deira Party i Dubai

September 25, 2024
Andi makuru

M23 ikomeje kotsa igitutu ingabo za FARDC mu bice bya Walikale

October 29, 2024
Imyidagaduro

Bruce Melodie yishimiye uko yanditswe mu itangazamakuru mpuzamahanga muri 2023

January 11, 2024
Andi makuru

Ibyishimo ni byose ku bamotari nyuma yo kugabanyirizwa amande bacibwaga

April 30, 2025
Andi makuru

Qatar igiye guha USA indege ya Boeing 747-8 izakoreshwa nka Air Force One

May 13, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?