SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Tems na Ayra Starr bakomeje kwigarurira urubuga rwa Spotify
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Tems na Ayra Starr bakomeje kwigarurira urubuga rwa Spotify
Andi makuru

Tems na Ayra Starr bakomeje kwigarurira urubuga rwa Spotify

Gossip Kigali
Last updated: 2024/07/12 at 4:54 PM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Abahanzikazi babiri bo muri Nigeria, Ayra Starr na Tems banikiye bagenzi babo ku rutonde rw’abahanzi bo muri Nigeria bumviswe kurusha abandi ku Isi ku rubuga rwa Spotify.

Abahanzikazi bamaze kwigarurira benshi muri Afurika  bakomoka  muri Nigeria,  Tems na Ayra Starr  byamaze gutangazwa ko ari bo bahanzi bo muri iki gihugu  bakunzwe cyane kuri Spotify.

Ibyo byamenyekanye ubwo Spotify, urubuga rucuruza umuziki ku Isi yose rwashyiraga hanze  urutonde rw’indirimbo 30 za mbere zo muri Nigeria zasohotse mugice cya mbere cy’uyu mwaka wa 2024.

Ayra Starr yaje ku mwanya wa mbere abifashijwemo n’indirimbo yakoranye na Rauw Alejandro, ‘Santa’.

Si ibyo gusa kandi kuko yaje no ku mwanya wa kabiri abifashijwemo n’indirimbo ye ‘Comma’, mu gihe Tems yaje umwanya wa gatatu abikesheje indirimbo ye ‘Love Me Jeje’.

Indirimbo “Another Vibe ya  Luciano na Omah Lay yaje ku mwanya wa kane, mu gihe indirimbo No1 ya Tyla na Tems yakunzwe cyane yaje ku mwanya wa gatandatu.

Phiona Okumu, Umuyobozi w’umuziki kuri Spotify muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Lagos, yasobanuye ko urwo rutonde rugaragaza ko abanya-Nigeria bumvise cyane zo izo hanze y’igihugu hagati ya  Mutarama na 30 Kamena 2024.”

 

 

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Gossip Kigali July 12, 2024 July 12, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Bwiza na Danny Vumbi bahuje Imbaraga basubiramo indirimbo Ni dange yabiciye mu myaka yashize (Video )

May 22, 2024
Andi makuru

Urubyiruko rukoresha Tik Tok rwiyemeje kurwanya abafobya Jenoside yakorewe Abatutsi binyuze ku mbuga nkoranyambaga

April 12, 2023
Andi makuru

RwandaAir yahagaritse ingendo yakoreraga muri Kenya

September 11, 2024
Imyidagaduro

Leta y’uBurundi yijeje ubufatanye bwiza n’abateguye igitaramo cya The Ben i Bujumbura

September 20, 2023
Imyidagaduro

Dj Theo yitabye Imana nyuma y’uburwayi bukomeye yari amaranye iminsi

January 21, 2025
Andi makuru

UK : Yafunzwe azira kwinjira mu ndege itariyo

October 7, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?