SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Britney Spears yarahiye ko nta rukundo agikeneye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Britney Spears yarahiye ko nta rukundo agikeneye
Imyidagaduro

Britney Spears yarahiye ko nta rukundo agikeneye

Gossip Kigali
Last updated: 2024/07/11 at 2:59 PM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzikazi w’icyamamare, Britney Spears, uherutse guhana gatanya n’umugabo wa Gatatu, agakundana n’undi nabyo ntibimare kabiri, yatangaje ko yazinutswe ibyo gukundana.

Uyu muhanzikazi wagiye avugwa mu rukondo n’abagabo batandukanye ariko ntibamarane kabiri, nyuma y’uko atandukanye n’uwari umukunzi we witwa ‘Paul Richard Soliz’, yarahiye ko atazigera yongera gukundana n’undi mugabo mu gihe cyose agihumeka umwuka w’abazima.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagize ati “Ndi ingaragu. Nta mugabo n’umwe nzongera kubana nawe igihe cyose nkiri muzima.”

Uyu mugore yatangiye kuvugwa mu rukundo na Justin Timberlake mu mwaka wa 1998 ariko baza gutandukana mu 2002 bamaranye imyaka ine.

Nyuma yaje gukundana n’undi mugabo  witwa Kevin Federline ndetse baza kubyarana abana babiri gusa nabo biza kurangira batandukanye.

Bamaze gutandukana yaje guhura n’undi witwa Sam Asghari bakundana kuva mu 2018 baza kurushinga mu 2022 gusa nyuma y’umwaka umwe n’amezi abiri babana nk’umugore n’umugabo, baje guhana gatanya ya burundu buri wese akomeza inzira ze.

Ubwo bari bamaze gutandukana nibwo yaje gutangira gukundana n’uyu musore  witwa Paul Soliz bari bamaranye iminsi, gusa nawe ntibishoboye kugenda neza kuko bamaze gutandukana nk’uko Spears yabitangaje.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Gossip Kigali July 11, 2024 July 10, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Vava Dorimbogo yitabye Imana

July 28, 2024
Imyidagaduro

Miss Nishimwe Naomie yambitswe Impeta n’umukunzi we.

January 2, 2024
Andi makuru

Madamu Monica Geingos yakiriwe mu cyubahiro nk’Umuyobozi mukuru wa Kaminuza Kepler

April 2, 2025
Andi makuru

FDA yakuye kw’isoko ikinyobwa kitwa ubutwenge

May 27, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame yageneye ubutumwa Perezida Bassirou Diomaye Faye watorewe kuyobora Senegal

March 27, 2024
Ubukungu

RwandAir yatangije ingendo zigana i Paris

June 27, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?