SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abapolisi 240 b’u Rwanda bagiye kohereza muri UNMISS bahawe impanuro na CG Namuhoranye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Abapolisi 240 b’u Rwanda bagiye kohereza muri UNMISS bahawe impanuro na CG Namuhoranye
Andi makuru

Abapolisi 240 b’u Rwanda bagiye kohereza muri UNMISS bahawe impanuro na CG Namuhoranye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/06/10 at 2:18 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Abapolisi b’u Rwanda 240 baritegura kujya gusimbura bagenzi babo mu bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS).

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 10 Kamena ni bwo Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda CG Namuhoranye Felix yabagejejeho impanuro aho yabasabye guhagararira neza u Rwanda bagaragaza isura nziza yarwo.

Itsinda ryahawe impanuro rirasimbura irindi rimaze igihe cy’umwaka muri ubwo butumwa.

U Rwanda rugiye gusimbuza abapolisi b’u Rwanda boherejwe i Malakal mu Ntara ya Upper Nile ku nshuro ya cyenda guhera mu mwaka wa 2015.

Itsinda bagiye gusimbura ni iryagiye muri icyo gihugu muri Gicurasi 2023. Abo bapolisi baba bafite inshingano zo guharanira umutekano w’abasivili mu nkambi za Malakal n’ibindi.

Itsinda rigiye gusimburwa ryanakoze ibindi bikorwa byimakaza imibereho myiza y’abaturage, harimo Umuganda, gutera ibiti mu kubungabunga ibidukikije, gutanga ibikoresho by’ishuri ku bana bo mu miryango yakuwe mu byayo, n’ibindi.

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul June 10, 2024 June 10, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Kagame yemeje ko ari umukandida mu matora ya 2024

September 20, 2023
Andi makuru

Joe Biden wahoze ayobora USA yasanzwemo Cancer ya Prostate yo mu rwego rwo hejuru

May 19, 2025
Imikino

Samuel Eto’o uyobora Ruhago ya Cameroun yangiwe kwegura

February 6, 2024
Imyidagaduro

Alliah Cool yasangiye n’abakunzi be mu gikorwa cyo kwerekana Filime yakinnyemo yitwa the Waiter

January 20, 2025
Iyobokamana

Fortran Bigirimana yashyize hanze indirimbo Ndafise Impamvu yo gushima Yesu

February 27, 2024
Andi makuru

Liberia : Prince Johnson wahoze ari umukuru w’inyeshyamba yitabye Imana

November 29, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?