SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bad Rama arembejwe n’indwara ataramenya iyo ariyo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bad Rama arembejwe n’indwara ataramenya iyo ariyo
Imyidagaduro

Bad Rama arembejwe n’indwara ataramenya iyo ariyo

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/06/05 at 11:44 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mupende  Ramadhan  uzwi  nka Bad Rama mu myidagaduro y’u Rwanda yasabye inshuri ze n’abamukunda Inkunga y’amasengesho nyuma y’uburwayi bumumereye nabi nubwo atazi neza ubwo aribwo kuko n’abaganga babuyobewe.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Bad Rama yavuze ko arembye bikomeye ndetse akeneye amasengesho y’abamukurikira kuko abaganga bayobewe n’ubwoko bw’indwara afite.

Ati “Nshuti zanjye maze icyumweru mu buribwe bukomeye, abaganga babuze indwara bansubiza mu rugo nanubu sinzi icyo ndwaye. Umubiri uri kundya, nkagira umuriro mwinshi munsengere uburibwe buhagarare, murakoze.”

Uyu mugabo washinze sosiyete ya The Mane Music, yaje kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashinga iyitwa The Mane Hub, mu minsi ishize akaba yari yatangiye gushyira hanze filime y’uruhererekane ‘Diyana’ yari amaze igihe ategura.
The Mane Music yashinzwe na Bad Rama yanyuzemo abahanzi nka Marina, Queen Cha, nyakwigendera Jay Polly, Calvin Mbanda n’abandi bagiye bakorana batandukanye.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul June 5, 2024 June 5, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Mufti w’u Rwanda yahaye umukoro abanyarwanda bagiye mu mutambagiro i Maka

May 28, 2025
Imyidagaduro

Teta Diana yatumiwe kuririmba mu iserukiramuco Urkult ribera muri Suede

February 6, 2023
Andi makuru

Ed Sheeran yahishuye ko yarikuba akiri Imanzi iyo ataba umuhanzi

August 6, 2024
Andi makuru

Umunyarwandakazi Dj Alisha arakekwaho kuba kidobya mu rukundo rwa Zari na Shakib

February 27, 2024
Imyidagaduro

Mico The Best,Yampano,Eric Senderi Bushali na Niyo Bosco bongerewe mu bitaramo bya ‘Tour du Rwanda Festival’

February 24, 2025
Ubukungu

RURA yagabanyije 183 Frw ku bikomoka kuri Lisansi

December 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?