SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Indege ya Donald Trump yakoze impanuka
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Indege ya Donald Trump yakoze impanuka
Andi makuru

Indege ya Donald Trump yakoze impanuka

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2024/05/16 at 2:13 PM
Wakibi Geoffrey
Share
1 Min Read
SHARE

Indege yo mu bwoko bwa Boeing 757 ya Donald Trump wahoze ari Perezida wa Amerika yagonganye n’indi ndege, ubwo yari imaze kugwa ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya West Palm Beach muri Leta ya Florida.

Reuters yanditse ko iri gongana ryabayeho ubwo iyi ndege yari imaze kugwa ku kibuga neza nta kibazo ariko mu gihe yari iri kugendesha amapine igongesha ibaba ryayo indi ndege ya sosiyete itatangajwe izina gusa yo nta wari uyirimo.

Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe iby’ingendo zo mu kirere cyitwa Federal Aviation Administration cyahamije ko ibi byabaye ku Cyumweru ku itariki 12 Gicurasi 2024. Gusa kugeza ubu ntiharamenyekana niba ubwo iyo mpanuka yabaga Donald Trump yaba yari ari muri iyo ndege cyangwa atari ayirimo.

Iyi Boeing 757 Donald Trump yayiguze mu 2011 agera kuri miliyoni 100 z’Amadolari. Iyi yakoze akazi gakomeye cyane mu bikorwa bye byo kwiyamamariza kuba Perezida wa Amerika mu 2016 kuko niyo yifashishaga ajya muri Leta zitandukanye aho bari baranayihaye akabyiniriro ka ‘Trump Force One’.

Ibi bibaye kandi mu gihe Donald Trump uri guhatanira kongera kuyobora Amerika atorohewe n’imanza arengwamo ibijyanye no kunyereza imisoro ndetse n’icyaha cyo gufata ku ngufu mu gihe amatora yo ateganyijwe mu Ugushyingo uyu mwaka.

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Wakibi Geoffrey May 16, 2024 May 16, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique yakiriwe na Parezida Kagame mu biro bye

January 26, 2024
Andi makuru

Umuhanzi Yvan Drive yashyize hanze indirimbo ebyiri zivuga ibigwi Perezida Kagame mu rwego rwo kumwamamaza .

June 26, 2024
Imyidagaduro

Ibirori byo kumurika Filime Wrath Of Soldier yakozwe na Rocky Kimomo byitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

March 27, 2023
Imikino

Ikipe ya Addax SC yagaruye Bokota Ndjoku Labama

January 22, 2024
Andi makuru

Uwahoze ari Ministiri w’Intebe wa Thailand, Thaksin Shinawatra yatawe muri yombi

August 22, 2023
Andi makuru

.#Kwibuka31 : Nyarugenge: Hibutswe Abatutsi biciwe muri Camp Kigali n’abahoze ari abasirikare ba FAR bafatanyije n’Interahamwe

April 11, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?