SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: King James arashinjwa na Pastor Blaise kumwambura ibihumbi 30.000 $
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > King James arashinjwa na Pastor Blaise kumwambura ibihumbi 30.000 $
Imyidagaduro

King James arashinjwa na Pastor Blaise kumwambura ibihumbi 30.000 $

Gossip Kigali
Last updated: 2024/04/05 at 11:40 AM
Gossip Kigali
Share
2 Min Read
SHARE

Ruhumuriza James uzwi nka King James mu muziki, uwitwa Pastor Blaise Ntezimana, aravuga ko yamwambuye ibihumbi 30 by’amadorali  yamuhaye ngo bafatanye ubushabitsi bw’uruganda rwa Kawunga  rukaba rwarahombye undi ntamwishyure uko babivuganye ..

Ni mu ntabaza uyu Ntezimana yanyujije ku rubuga rwa X, aho yasabaga Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, ngo kumufasha muri ako karengane yagiriwe.

Ntezimana avuga ko mu 2021 aribwo yahaye King James ibihumbi 30$ ngo bakorane bizinesi yari yaratangiye yo gukora no gutunganya ifu yo mu bigori, Kawunga.

Avuga ko ibyo yumvikanye na King James bitubahirijwe n’amafaranga ntaya musubize, kandi ngo yayamuhaye ayagujije muri Banki yo muri Sweden aho atuye.

Ati ” Kuva icyo gihe, kugeza ubu ndimo ndishyura ideni rya bank hiyongereyeho n’inyungu”

Yakomeje avuga ko yasiragiye muri RIB inshuro nyinshi, ari nako atanga amafaranga y’indege n’abunganizi mu mategeko ariko ikibazo ntikirangire.

Ati ” Kuko yagiye ananiza ubutabera n’ubwo adahakana umwenda amfitiye, ariko akinangira kunyishyura. Ndabinginze mundenganure.”

Mu butumwa bwo kuri X, Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatshimima Abdallah, yinjiye muri iki kibazo, asaba urubyiruko kutarangazwa na Ntezimana watabaje Perezida Kagame.

Minisitiri Dr Utumatwishima yavuze ko uyu Ntezimana asanzwe ari inshuti ikomeye ya King James, bombi akaba yarabaganirije.

Yavuze ko ibyo bihumbi 30 by’amadorali yayamuhaye nta masezerano bagiranye, nyuma bakorana Buzinesi irahomba.

Yemeje ko yavuganye n’uwo Blaise urega King James ko ndetse yanicaranye na King James urengwa.

Ati “King James yemera kwishyura ariko bikanyura mu butabera kuko inzira y’ubushuti yanze. Ajye mu butabera”.

Ku murongo wa Telefone, umuhanzi King James yadutangarije ko uwo mugabo amuzi ko ibibazo bagiranye bizarangizwa n’ubutabera.

Yagize ati” Ndumva twategereza ubutabera kuko nicyo gisubizo natanga.”

ku ruhande rwa Pastor Ntezimana  Blaise we  yatangaje  nta bintu byinshi  yavuga kuri iki kibazo ko bazategereza igisubizo  bazahabwa

You Might Also Like

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Rihanna na A$ap bagiye kwibaruka umwana wa gatatu

Gossip Kigali April 5, 2024 April 5, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Nel Ngabo yahishuye byinshi ku mushinga w’alubumu yahuriyemo na Platini

March 18, 2025
Iyobokamana

Imbwirwaruhame za  Pasteur Ezra Mpyisi zizatuma yibukwa iteka

January 30, 2024
Imikino

“Argentine irashaka umutoza ufite imbaraga nyinshi kandi umeze neza”: Lionel Scaloni

November 23, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi D Voice yatangajwe nk’umuhanzi mushya muri Wasafi Records

November 17, 2023
Andi makuru

Airtel Rwanda yatangije uburyo bushya bwa 4G (VoLTE).

November 19, 2024
Imikino

Lionel Messi, yegukanye Ballon d’Or ya 8

October 31, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?