SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: King James arashinjwa na Pastor Blaise kumwambura ibihumbi 30.000 $
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > King James arashinjwa na Pastor Blaise kumwambura ibihumbi 30.000 $
Imyidagaduro

King James arashinjwa na Pastor Blaise kumwambura ibihumbi 30.000 $

Gossip Kigali
Last updated: 2024/04/05 at 11:40 AM
Gossip Kigali
Share
2 Min Read
SHARE

Ruhumuriza James uzwi nka King James mu muziki, uwitwa Pastor Blaise Ntezimana, aravuga ko yamwambuye ibihumbi 30 by’amadorali  yamuhaye ngo bafatanye ubushabitsi bw’uruganda rwa Kawunga  rukaba rwarahombye undi ntamwishyure uko babivuganye ..

Ni mu ntabaza uyu Ntezimana yanyujije ku rubuga rwa X, aho yasabaga Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, ngo kumufasha muri ako karengane yagiriwe.

Ntezimana avuga ko mu 2021 aribwo yahaye King James ibihumbi 30$ ngo bakorane bizinesi yari yaratangiye yo gukora no gutunganya ifu yo mu bigori, Kawunga.

Avuga ko ibyo yumvikanye na King James bitubahirijwe n’amafaranga ntaya musubize, kandi ngo yayamuhaye ayagujije muri Banki yo muri Sweden aho atuye.

Ati ” Kuva icyo gihe, kugeza ubu ndimo ndishyura ideni rya bank hiyongereyeho n’inyungu”

Yakomeje avuga ko yasiragiye muri RIB inshuro nyinshi, ari nako atanga amafaranga y’indege n’abunganizi mu mategeko ariko ikibazo ntikirangire.

Ati ” Kuko yagiye ananiza ubutabera n’ubwo adahakana umwenda amfitiye, ariko akinangira kunyishyura. Ndabinginze mundenganure.”

Mu butumwa bwo kuri X, Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatshimima Abdallah, yinjiye muri iki kibazo, asaba urubyiruko kutarangazwa na Ntezimana watabaje Perezida Kagame.

Minisitiri Dr Utumatwishima yavuze ko uyu Ntezimana asanzwe ari inshuti ikomeye ya King James, bombi akaba yarabaganirije.

Yavuze ko ibyo bihumbi 30 by’amadorali yayamuhaye nta masezerano bagiranye, nyuma bakorana Buzinesi irahomba.

Yemeje ko yavuganye n’uwo Blaise urega King James ko ndetse yanicaranye na King James urengwa.

Ati “King James yemera kwishyura ariko bikanyura mu butabera kuko inzira y’ubushuti yanze. Ajye mu butabera”.

Ku murongo wa Telefone, umuhanzi King James yadutangarije ko uwo mugabo amuzi ko ibibazo bagiranye bizarangizwa n’ubutabera.

Yagize ati” Ndumva twategereza ubutabera kuko nicyo gisubizo natanga.”

ku ruhande rwa Pastor Ntezimana  Blaise we  yatangaje  nta bintu byinshi  yavuga kuri iki kibazo ko bazategereza igisubizo  bazahabwa

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Gossip Kigali April 5, 2024 April 5, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Urubanza rwa Tity Brown rwongeye gusubikwa ku nshuro ya 4

March 14, 2023
Imikino

Dani Alves yakatiwe gufungwa

February 22, 2024
Imyidagaduro

igitaramo ‘Ndabaga Heritage & Culture Festival’ cyasubitswe habura Iminsi 3 gusa ngo kibe

March 5, 2025
Ikoranabuhanga

Abarenga 70 bishwe n’inkongi y’umuriro muri Afurika y’Epfo

August 31, 2023
Imyidagaduro

Tanzania Umuhanzi Nezo B yishwe n’umugore

June 22, 2023
Imyidagaduro

Mukazayire Nelly wo muri RDB mu bihumbi byabitabiriye ibirori bya Grammy Awards 2024

February 6, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?